• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Impamvu ubutegetsi bwa Kinshasa buri kurekura imfungwa nyinshi yamenyekanye.

minebwenews by minebwenews
July 30, 2024
in Regional Politics
0
Impamvu ubutegetsi bwa Kinshasa buri kurekura imfungwa nyinshi yamenyekanye.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Impamvu ubutegetsi bwa Kinshasa buri kurekura imfungwa nyinshi yamenyekanye.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni gahunda y’ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo yashizweho yo kurekura imfungwa aho abagera kuri 421 bamaze kurekurwa kandi biranakomeje, nyuma yuko ubwiyongere bwazo bwari bukomeje kwikuba nshuro nyinshi.

Kuva mu Cyumweru gishize nibwo mfungwa zatangiye gusezererwa na minisitiri w’ubatabera, Constant Mutamba.

Bivugwa ko ahanini imfungwa zarekuwe n’izari muri gereza ya Makala iherereye ku murwa mukuru w’iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Gereza ya Makala mu busanzwe igenewe kwakira imfungwa 1.500, ariko yarimo imfungwa zirenga 15.000, iyi mibare ikaba itera impungenge izi mfungwa n’abaharanira uburenganzira bwa muntu.

Rero kubera igitutu cyimiryango mpuzamahanga bashiraga kuri Kinshasa, byatumye igira imfungwa zimwe irekura, ariko amakuru avuga ko harekuwe imfungwa zifite ibyaha byoroheje.

Aba ni imfungwa zarangije ibihano byazo, abana bato, abarwayi, n’abagore. Impamvu yo kubarekura ni uko ngo muri gereza hari hamaze kubamo ubucucike bukabije. Iyi gahunda yo kurekura imfungwa irareba nibura abagera ku bihumbi 7000 biteganijwe ko bazarekurwa.

Uku kurekura n’igice cya mbere, hakaba hazakurikiraho kugabanya ibihano kubakatiwe.

Bwana Constant Mutamba akaba yiyemeje gukomeza gusohora imfungwa buri Cyumweru, kugeza imfungwa ibihumbi 7000 zisohotse bitarenze ku ya 10/08/2024.

           MCN.
Tags: GerezaImfungwaMakalaZarekuwe
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Abarimo abayobozi bakuru bo muri AFC/M23, basabiwe igihano cy’urupfu, ndetse bategekwa no kwishura amande.

Abarimo abayobozi bakuru bo muri AFC/M23, basabiwe igihano cy'urupfu, ndetse bategekwa no kwishura amande.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?