Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Impamvu ubutegetsi bwa Kinshasa buri kurekura imfungwa nyinshi yamenyekanye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 30, 2024
in Regional Politics
0
Impamvu ubutegetsi bwa Kinshasa buri kurekura imfungwa nyinshi yamenyekanye.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Impamvu ubutegetsi bwa Kinshasa buri kurekura imfungwa nyinshi yamenyekanye.

You might also like

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Ni gahunda y’ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo yashizweho yo kurekura imfungwa aho abagera kuri 421 bamaze kurekurwa kandi biranakomeje, nyuma yuko ubwiyongere bwazo bwari bukomeje kwikuba nshuro nyinshi.

Kuva mu Cyumweru gishize nibwo mfungwa zatangiye gusezererwa na minisitiri w’ubatabera, Constant Mutamba.

Bivugwa ko ahanini imfungwa zarekuwe n’izari muri gereza ya Makala iherereye ku murwa mukuru w’iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Gereza ya Makala mu busanzwe igenewe kwakira imfungwa 1.500, ariko yarimo imfungwa zirenga 15.000, iyi mibare ikaba itera impungenge izi mfungwa n’abaharanira uburenganzira bwa muntu.

Rero kubera igitutu cyimiryango mpuzamahanga bashiraga kuri Kinshasa, byatumye igira imfungwa zimwe irekura, ariko amakuru avuga ko harekuwe imfungwa zifite ibyaha byoroheje.

Aba ni imfungwa zarangije ibihano byazo, abana bato, abarwayi, n’abagore. Impamvu yo kubarekura ni uko ngo muri gereza hari hamaze kubamo ubucucike bukabije. Iyi gahunda yo kurekura imfungwa irareba nibura abagera ku bihumbi 7000 biteganijwe ko bazarekurwa.

Uku kurekura n’igice cya mbere, hakaba hazakurikiraho kugabanya ibihano kubakatiwe.

Bwana Constant Mutamba akaba yiyemeje gukomeza gusohora imfungwa buri Cyumweru, kugeza imfungwa ibihumbi 7000 zisohotse bitarenze ku ya 10/08/2024.

           MCN.
Tags: GerezaImfungwaMakalaZarekuwe
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails
Next Post
Abarimo abayobozi bakuru bo muri AFC/M23, basabiwe igihano cy’urupfu, ndetse bategekwa no kwishura amande.

Abarimo abayobozi bakuru bo muri AFC/M23, basabiwe igihano cy'urupfu, ndetse bategekwa no kwishura amande.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?