• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hahishuwe ibyo igihugu cya Koreya ya Ruguru gitegura gukora, mu gihe Donald Trump yotsinda amatora.

minebwenews by minebwenews
August 1, 2024
in Regional Politics
0
Hahishuwe ibyo igihugu cya Koreya ya Ruguru gitegura gukora, mu gihe Donald Trump yotsinda amatora.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hahishuwe ibyo igihugu cya Koreya ya Ruguru gitegura gukora, mu gihe Donald Trump yotsinda amatora.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Igihugu cya Koreya ya Ruguru kirashaka gutangiza ibiganiro na Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ku mbunda za kirimbuzi mu gihe Donald Trump yotsinda amatora ateganyijwe kuba mu mpera z’u mwaka turimo, nk’uko ibi byatangajwe n’ibiro ntara makuru bya Bongereza( Reuters).

Ibi biro ntara makuru bya Bongereza, bivuga ko byahawe amakuru n’umudiplomate uheruka guhunga igihugu cya Koreya ya Ruguru.

Uwo mu diplomate wahunze igihugu cya Koreya ya Ruguru yitwa Ri II Gyu, akimara guhunga byatangajwe n’ibinyamakuru bitandukanye byo ku migabane y’isi.

Ubwo uyu mudiplomate yakoraga ikiganiro cye cya mbere n’itangazamakuru yashyize u Burusiya, Amerika n’u Buyapani nk’ibikorwa by’ibanze bya politiki y’ububanyi n’amahanga muri uyu mwaka na nyuma yawo.

Uyu rero, yaje guha ikiganiro Reuters ayibwira ko igihugu cya Koreya ya Ruguru gikomeje kugirana umubano mwiza n’u Burusiya ko ndetse kinategura kuzagirana ibiganiro na Trump mu gihe yozotsinda amatora y’umukuru w’igihugu muri leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

Anavuga kandi ko aba diplomate ba Koreya ya Ruguru bari gutegura ibyuyu mugambi, hagamijwe gukuraho ibihano kuri gahunda z’imbunda zabo, kuvanwaho igitutsi ko ari umutera nkunga w’iterabwoba no kongera kubona inkunga mu bukungu.

              MCN.
Tags: AmerikaDonald TrumpKoreya ya RuguruKuganira
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Abanyarwanda bahawe ubusobanuro ku cyatumye insengero zirenga 180 zifungwa.

Abanyarwanda bahawe ubusobanuro ku cyatumye insengero zirenga 180 zifungwa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?