• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abanyarwanda bahawe ubusobanuro ku cyatumye insengero zirenga 180 zifungwa.

minebwenews by minebwenews
August 1, 2024
in Regional Politics
0
Abanyarwanda bahawe ubusobanuro ku cyatumye insengero zirenga 180 zifungwa.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abanyarwanda bahawe ubusobanuro ku cyatumye insengero zirenga 180 zifungwa.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Mu ntangiriro z’iki Cyumweru turimo, nibwo insengero zirenga 180 zafunzwe mu gihugu cy’u Rwanda, nk’uko byatangajwe n’igipolisi cy’iki gihugu.

Mu gutanga umucyo kucyatumye izi nsengero zifungwa, umuvugizi wa polisi y’u Rwanda, Boniface Rutikanga yavuze ko insengero nyinshi hirya no hino mu gihugu zafunzwe kubera kutabungabunga umutekano w’abazigana.

Ibyingenzi bisabwa kugira ngo urusengero rwongere gufungurwa, hari ibikoresho bisaka ibinyabiziga n’abantu, bikareba niba batinjiranye ibisasu cyangwa ibindi bintu bishobora kwifashishwa n’abagizi banabi, kizimya moto n’utwuma tuburira abantu mu gihe hagiye kubaho inkongi y’umuriro, ndetse n’uburyo bukumira urusaku.

Mu kiganiro uyu muvugizi wa Polisi y’u Rwanda yagiranye n’itangazamakuru yagize ati: “Ahantu hose hahurira abantu benshi bari hamwe , bitegetswe ko abo bantu bagomba gusakwa, n’ibinyabiziga bihinjiye bigasakwa nk’uko bikorwa mu nyubako za leta n’amazu y’ubucuruzi.”

Yakomeje agira ati: “Ibyo bintu rero bisabwa, ni biriya byuma unyuramo bikareba niba nta cyuma umuntu yitwaje, niba ari ikofi irimo urwembe, urushinge cyangwa ikindi umuntu yakwitwaza, ariko ibaze nawe uramutse ubonye umuntu ufite icyuma mu rusengero, ubwo waba ugisenze.”

Yanaboneyeho kubwira Abanyarwanda ko “ibikoresho byo gusaka bigomba kugira abantu bahuguriwe kubikoresha, bakamenya ibyagirira abantu nabi byose, harimo ibintu bityaye, ibisongoye, ibitanga umuriro n’ibindi.”

Yanasobanuye kandi ko”ibijyanye n’urusaku ruva mu rusengero ko nta muntu numwe urihanze ugomba kubyumva ngo bibe bya musakuriza.”

Ndetse kandi ko urusengero rutagomba kuba ahantu hinfungane, bityo ko abantu bagomba guhumeka.

Uyu muvugizi wa Polisi y’u Rwanda yanavuze kandi ko urusengero rugomba kugira ibikoresho byakizimya moto, birimo ifu yabugenewe kandi itarengeje igihe, hamwe n’abahanga mugukoresha izo kizimya moto babyigiye.

Kandi ko bagomba kugira akuma kikorana buhanga kamenyesha ko hoba hagiye kwaduka Inkongi y’umuriro.

Yakomeje avuga ko urusengero ko rugomba kugira imbuga ngari ifasha abantu guhunga mu gihe inkongi y’umuriro yadutse.

Mu bindi urusengero rusabwa kuba rwujuje nk’uko biteganywa mu itegeko n’amabwiriza bigenga imiryango ishingiye ku myemerere, harimo kuba urusengero ruri ku rwego rwa paruwasi(Paroisse) rugomba kuyoborwa n’umuntu ufite impamyabumenyi yo ku rwego rwa kaminuza mu bijyanye n’iyoboka-Mana.

               MCN.
Tags: AbanyarwandaIcyatumyeInsengero zirenga 180UbusobanuroZifungwa
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Bidasanzwe umwe mubigeze kubera kimwe mu bihugu byo muri Afrika, umukuru w’igihugu yakatiwe gufungwa imyaka irenga 19.

Bidasanzwe umwe mubigeze kubera kimwe mu bihugu byo muri Afrika, umukuru w'igihugu yakatiwe gufungwa imyaka irenga 19.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?