Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Bidasanzwe umwe mubigeze kubera kimwe mu bihugu byo muri Afrika, umukuru w’igihugu yakatiwe gufungwa imyaka irenga 19.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 2, 2024
in Regional Politics
0
Bidasanzwe umwe mubigeze kubera kimwe mu bihugu byo muri Afrika, umukuru w’igihugu yakatiwe gufungwa imyaka irenga 19.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Captain Dadis Camara wayoboye Gunea Conakry, urukiko rwo muri Guinea Conakry rwamukatiye gufungwa imyaka 20 kubera ibyaha byibasiye ikiremwa muntu muri icyo gihugu ubwo yari akikiyoboye.

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amakuru ava iyo avuga ko Camara yahamijwe ibyaha byo kuba inyuma y’ubwicanyi bwakozwe n’igisirikare bugahitana abantu 156 ndetse n’abagore benshi bagafatirwa kungufu muri stade iherereye i Conakry.

Ay’amakuru anavuga kandi ko Camara ko yari akurikiranweho kuba ari we watanze amabwiriza ku basirikare bakoze ayo mahano mu mwaka w’ 2009.

Uyu wahoze ari umutegetsi ndetse kandi akaba yarayoboye n’igisirikare ntiyahwemye guhakanira urukiko ibyo ashinjwa kandi avuga ko ntasano afitanye nabyo ko bishingiye kuri politiki nk’uko binashimangirwa n’umwunganizi we mu byamategeko.

Muri 2008 nibwo Captain Dadis Camara yafashe ubutegetsi ahiritse perezida Lansana Conté wari umaze igihe kinini apfuye.

Kandi Camara mu gihe cye ingoma ye yafashwe nk’aho iyobowe n’umunyagitugu kugeza ubwo yavaga ku butegetsi tariki ya 15/01/2010.

Yabanje guhungira muri Burkina Faso aza kuvanwayo mu kwezi kwa 9/2022 kugira ngo akurikiranwe n’ubutabera, yavuze kenshi ko ari umwere.

Areganwa n’abandi bagera kuri barindwi bahamwe n’ibyaha byo kwica, ihohotera rishingiye ku gitsina, iyicarubozo no gushimuta abantu bakaba bahanishwijwe gufungwa imyaka 20 ni mu gihe batatu bagizwe abere.

Guinea Conakry kuri ubu iyobowe na Colonel Mamadou Doumbouya kuva igisirikare cyahirika ubutegetsi bwa Alpha Conde mu kwezi kwa Cyenda umwaka w’ 2021.

                  MCN.
Tags: Didas Moussa CamaraGuinea ConakryRwamukatiye gufungwa imyaka 20Urukiko
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post
U Rwanda na Congo Kinshasa byashimiwe ku myanzuro yafatiwe i Luanda mu gihugu cya Angola.

U Rwanda na Congo Kinshasa byashimiwe ku myanzuro yafatiwe i Luanda mu gihugu cya Angola.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?