Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Félix Tshisekedi yongeye kugaragara mu ruhame nyuma y’iminsi arwaye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 6, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Félix Tshisekedi yongeye kugaragara mu ruhame nyuma y’iminsi arwaye.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Félix Tshisekedi yongeye kugaragara mu ruhame nyuma y’iminsi arwaye.

You might also like

Kera kabaye u Burundi bwafunze padiri kubera Misa yasomye.

Nyuma yo guhura n’abayobozi ba AFC/M23, umuyobozi wa MONUSCO yavuze icyo yizeye.

Ibyo gusinya amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Congo si byanone.

Bikubiye mu byatangajwe n’umuvugizi wa Félix Tshisekedi, ari we Tina Salama akoresheje urubuga rwa x, yatangaje ko Tshisekedi yakoresheje inama muri ambasade ya Congo iri i Bruxelles mu Bubiligi.

Tina Salama yagize ati: “Kuri uyu wa Kabiri 06/08/2024, perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo i Bruxelles yakoresheje inama muri ambasade ya Congo.”

Uyu muvugizi yanavuze kandi ko Tshisekedi ameze neza, ko ndetse ateganya gukoresha ikiganiro kuri TopCongo FM, anagaragaza ko icyo kiganiro ko kizakorwa mbere y’uko azafata indege imusubiza mu gihugu cye.

Mu Cyumweru gishize nibwo byamenyekanye ko perezida Félix Tshisekedi arwariye mu Bubiligi kandi ko yari arembye.

Ibyo byamenyekanye nyuma y’uko yari yasubitse urugendo yari kugirarira i Kisangani aho yari agiye kunamira Abanyakongo biciwe muri ibyo bice no mu Burasirazuba bwa RDC, nk’uko itangazo ry’ibiro bye ryabivugaga.

Bwana Tshisekedi, amakuru amwe avuga ko ahorana indwara y’umutima ariko kandi hari andi makuru avuga ko uyu mukuru w’igihugu cya RDC ko yaba arwaye kanseri.

Hagati aho, indwara perezida Félix Tshisekedi akunze kurwara ntizwi, kuko ubu n’ubugira kabiri aja kwivuza mu gihugu cy’u Bubiligi.

Kandi uko agiye kwivuza amara igihe kingana n’ibyumweru bibiri arimo kwitabwaho n’abaganga kabuhariwe.

         MCN.
Tags: Kugaragara mu RuhameTshilomboTshisekediYongeye
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kera kabaye u Burundi bwafunze padiri kubera Misa yasomye.

by Bruce Bahanda
June 16, 2025
0
Kera kabaye u Burundi bwafunze padiri kubera Misa yasomye.

Kera kabaye u Burundi bwafunze padiri kubera Misa yasomye. Butoti Paul, umusaseridoti wa kiliziya gatolika i Bujumbura, yahagaritswe n'inzego zishinzwe umutekano kubera misa yasomeye muri ekeleziya gatolika. Ku...

Read moreDetails

Nyuma yo guhura n’abayobozi ba AFC/M23, umuyobozi wa MONUSCO yavuze icyo yizeye.

by Bruce Bahanda
June 16, 2025
0
Nyuma yo guhura n’abayobozi ba AFC/M23, umuyobozi wa MONUSCO yavuze icyo yizeye.

Nyuma yo guhura n'abayobozi ba AFC/M23, umuyobozi wa MONUSCO yavuze icyo yizeye. Intumwa idasanzwe y'Umunyamabanga mukuru w'umuryango w'Abibumbye muri Congo, akaba n'umuyobozi wa MONUSCO, Bintou Keita yizeye ko...

Read moreDetails

Ibyo gusinya amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Congo si byanone.

by Bruce Bahanda
June 15, 2025
0
Ibyo gusinya amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Congo si byanone.

Ibyo gusinya amasezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na Congo si byanone. Mu gihe Leta Zunze ubumwe z'Amerika zifuza ko u Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo muri...

Read moreDetails

Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi.

by Bruce Bahanda
June 14, 2025
0
Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi.

Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi. Kikaya Bin Karubi, usanzwe ari mu bantu bahora hafi ya Joseph Kabila Kabange, akaba n'umujyamama we, ni...

Read moreDetails

Kenya department Of Refugee Service Crack Down on Sim Card Fraud.

by Bruce Bahanda
June 13, 2025
0
Kenya department Of Refugee Service Crack Down on Sim Card Fraud.

Kenya Department of Refugee Service Cracks Down on SIM Card Fraud The Department of Refugee Service (DRS) has issued a stern warning to refugees in Kenya, urging them...

Read moreDetails
Next Post
RDC:Havuzwe uko byagenze kugira ngo amatsinda abiri yo mu ishyaka rya UDPS arwane.

RDC:Havuzwe uko byagenze kugira ngo amatsinda abiri yo mu ishyaka rya UDPS arwane.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?