• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo za SADC zirwanirira leta ya Kinshasa zigiye guhabwa ubufasha bukaze.

minebwenews by minebwenews
August 7, 2024
in Regional Politics
0
Ingabo za SADC zirwanirira leta ya Kinshasa zigiye guhabwa ubufasha bukaze.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo za SADC zirwanirira leta ya Kinshasa zigiye guhabwa ubufasha bukaze.

You might also like

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Ni byemejwe ku wa Kabiri tariki ya 06/08/2024 na Kanama ka LONI gashinzwe amahoro n’umutekano ku Isi, aho kafashe umwanzuro wo kwemerera Monusco guha ubufasha bw’ibikoresho ingabo za SADC ziri mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ahagana mu mpera z’u kwezi kwa Cumi n’abiri umwaka ushize, nibwo abasirikare b’umuryango w’iterambere rya Afrika y’Amajyepfo (SADC) bageze ku butaka bwa RDC.

Aba basirikare bakaba baraje muri iki gihugu mu rwego rwo gufasha ingabo za RDC kurwanya umutwe wa M23 ugize igihe waranzengereje ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Kimweho n’ubwo aba basirikare baje mu buryo bwo gutanga umusaada igisirikare cya leta ya Kinshasa gihanganye na M23, nta cyingenzi bakoze kuko hubwo uyu mutwe wa komeje kwigarurira ibice byinshi byashizwemo bariya basirikare.

Ingabo za SADC zigizwe n’abasirikare ba Afrika y’Epfo, Malawi n’abaje bava muri Tanzania.

Nk’uko byashizwe ahagaragara n’inyandiko zivugwa ko zashinzwe hanze n’u Bufaransa zigaragaza ko inama yateranye ku munsi w’ejo hashize ya Kanama ka LONI gashinzwe umutekano ku isi, yafatiwemo ibyemezo bivuga izi ngabo za SADC zigomba gukorana byahafi n’Ingabo za MONUSCO ziherereye mu Burasirazuba bwa RDC.

Izo nyandiko zikavuga ko Monusco izakorana na SADC mu kuyiha inkunga y’ibikoresho bya gisirikare, guhanahana amakuru, kurengera abasivile ndetse no kuyiha inama mu buryo bwa tekinike mu ntambara irimo gufasha igisirikare cya leta ya Kinshasa yo kurwanya M23.

Ibi byemejwe nyuma y’uko u Rwanda rwari rwatanze icyifuzo muri aka Kanama gashinzwe umutekano ku isi ko izi ngabo zidahabwa ubufasha.

Ku rundi ruhande imirwano hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa irakomeje, aho uyu mutwe ukomeje gufata ibice byinshi harimo ko uheruka gufata agace ka Ishasha gaherereyemo umupaka uhuza RDC na Uganda.

              MCN.
Tags: Igiye guterwa inkungaLoniSADC
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails
Next Post
Havuzwe ibyashikiye perezida Félix Tshisekedi aho yari arwariye i Bruxelles mu Bubiligi.

Havuzwe ibyashikiye perezida Félix Tshisekedi aho yari arwariye i Bruxelles mu Bubiligi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?