Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Haribindi bishya byavuzwe ku Banyamulenge bafungiwe i Bunia bazira gushingura uwari witabye Imana.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 10, 2024
in Regional Politics
1
Haribindi bishya byavuzwe ku Banyamulenge bafungiwe i Bunia bazira gushingura uwari witabye Imana.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abanyamulenge mubari bafungiwe i Bunia hari abafunguwe mu gihe abandi bagifunzwe, bazira gushingura uwari witabye Imana.

You might also like

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Ni amakuru Minembwe Capital News ikesha umwe mu Banyamulenge baturiye ibice byo muri Ituri aho yavuze ko Abanyamulenge bagera kuri 4 muri batandatu bari bafunzwe bazira ibintu bidasobanutse bafunguwe, abandi babiri bakaba bigifunzwe.

Mu ntangiriro z’iki Cyumweru nibwo byatangiye kuvugwa ko hari Abanyamulenge b’abasivili n’abasirikare basanzwe bakorera i Bunia mu Ntara ya Ituri bafunzwe kandi ko bafunzwe mu gihe bari muri gahunda yo gushingura umusirikare nawe w’Umunyamulenge wari witabye Imana azize uburwayi, witwa Muhire Eric.

Uyu musirikare akaba yari yaguye mu gace ko muri iyi Ntara ya Ituri, kitwa Mambasa, mu gihe umuryango we wari winjiye muri gahunda zo kugira ngo ushingure.

Wabanje gutuma aba bafunzwe barimo abasirikare n’abasivili kuri Secteur kugira ngo bahabwe ibibafasha kuja gushingura, nayo iza kubaha Bon de livraison, mu gihe rero bageze kuri base ya Logistique bahita babafunga, ngo ntibizewe kandi basanzwe ari abaturage baho, abandi ari basirikare b’igihugu.

Aya makuru akomeza avuga ko bahise boherezwa gufungirwa kwa T2 wa region muri Ituri.

Bityo, ahagana mu masaha y’umugoroba w’ajoro w’ejo hashize tariki ya 09/08/2024, bane muri aba bari bafunzwe barafunguwe abandi babiri baracafunzwe, nk’uko iy’inkuru ibivuga.

Mu bagifunzwe harimo Col Richard Munyamahoro n’umusivile witwa Thiery.

Imiryango yabo, ivuga ko nta kindi bafungiwe usibye kuba ari abo mu bwoko bw’Abanyamulenge. Abanyamulenge bagiye bahohoterwa mu bihe byinshi ahanini mu Burasirazuba bwa RDC, mu kubahohotera ntibarabonanura kuko n’abakorera leta nabo bagirirwa nabi kimwe n’uko n’abasivili bafashwe nabi muri iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

             MCN.
Tags: AbanyamulengeBamwe bafynguweBunia
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails
Next Post
Umuryango w’ubumwe bw’u Burayi wagize icyo uvuga ku gihano cy’urupfu cyakatiwe Corneille Nangaa n’abandi bo muri M23.

Umuryango w'ubumwe bw'u Burayi wagize icyo uvuga ku gihano cy'urupfu cyakatiwe Corneille Nangaa n'abandi bo muri M23.

Comments 1

  1. Bigina says:
    10 months ago

    Kuki bakomeza kuba muri FARDC kandi bazi neza bahohoterwa bakichwa ? Bakivuyemo ko bishoboka

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?