Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hamenyekanye ikintu kigayitse cyatumye umwalimu w’amashuri yiyahura, muri Kivu y’Amajy’epfo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 20, 2024
in Regional Politics
0
Hamenyekanye ikintu kigayitse cyatumye umwalimu w’amashuri yiyahura, muri Kivu y’Amajy’epfo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye ikintu kigayitse cyatumye umwalimu w’amashuri yiyahura, muri Kivu y’Amajy’epfo.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Ahar’ejo tariki ya 19/08/2024, nibwo amakuru mabi ababaje ya menyekanye, avuga ko Umwalimu w’amashuri abanza n’ayisumbuye muri Kamituga y’imanitse kubera umushahara we wahagaritswe, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Byavuzwe ko Mwalimu wabuze ubuzima bwe kubera umushahara, yahoraga y’igisha ku bigo bitandukanye byo mu bice bya Kamituga ho muri teritware ya Mwenga, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Aya makuru anavuga ko uyu Mwalimu yi yishe akoresheje umugozi, aho yawufashe awushira mu ijosi, ibyo bakunze kuvuga ko ari ukwimanika, arangije awumanika hejuru ku giti, nk’uko byanagaragajwe n’amashusho yashizwe hanze.

Ubuhamya twahawe kuri MCN, buvuga ko uyu Mwalimu, yakoze iki gikorwa kigayitse, nyuma y’uko yari amaze igihe kingana n’amezi atatu atabona umushahara we, ni mu gihe yari aheruka guhembwa mu kwezi kwa Kane uyu mwaka w’ 2024.

Amakuru akomeza avuga ko umurambo wa nyakwigendera ko waje gutoragurwa ku munsi w’ejo hashize, nyuma y’uko hari habanje kuba igikorwa cyo ku mushaka kuko batari bazi ko yapfuye, ndetse byanakekwa ko yishwe n’abagizi banabi. Usibye ko byagiye bivugwa kandi ko uyu Mwalimu yabanje kubiganiriza inshuti ze kenshi, ababwira ko aziyica ngo kubera leta yahagaritse umushahara we.

Cyokoze, ibi byo guhagarika imishahara y’abakozi ba leta, ahanini abakora akazi k’ubwalimu n’ikiganga no mu zindi serivisi, bikunze kwibonekeza kenshi muri iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, kabone niyo waba ufite matirikire.

Bityo bikaba biri mu bituma abenshi bagira uburakari ndengakamere, abenshi bikabaviramo guhunga iki gihugu, none dore abandi batangiye kwiyahura.

Ibi bikaba byateje urugambo rw’inshi mu bice iki gikorwa cyabereyemo, ndetse n’ahandi mu bindi bice aya makuru yagezemo.

            MCN.
Tags: KamitugaMwengaUmwalimuYiyahuye
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Félix Tshisekedi yagize ibindi avuga nyuma y’uko bitangajwe ko yari ashaka kwivugana Joseph Kabira.

Perezida Félix Tshisekedi yagize ibindi avuga nyuma y'uko bitangajwe ko yari ashaka kwivugana Joseph Kabira.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?