Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ukraine yavuze akandi gace yigaruririye ko mu Burusiya, ariko u Burusiya bugira ibindi butangaza.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 23, 2024
in Regional Politics
0
Ukraine yavuze akandi gace yigaruririye ko mu Burusiya, ariko u Burusiya bugira ibindi butangaza.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ukraine yavuze akandi gace yigaruririye ko mu Burusiya, ariko u Burusiya bugira ibindi butangaza.

You might also like

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Ni byatangajwe na perezida Volodymyr Zelensky wa Ukraine, yavuze ko ingabo ze zafashe akandi gace ko mu Burusiya nyuma y’imirwano ikomeye ikomeje guhanganisha ingabo z’iki gihugu cy’u Burusiya na Ukraine mu karere ka Kursk.

Aka gace kigaruriwe n’ingabo za Ukraine gaherereye nko mu birometero 240 uvuye aho ingabo za Ukraine zinjiriye bwa mbere zifata umujyi wa Kursk nawo wo mu Burusiya.

Ubutegetsi bwa Ukraine bwanatangaje ko bwagabye ikindi gitero ku butaka bw’u Burusiya bakoresheje indege z’intambara zitagira abadereva.

Hagati aho, abategetsi bo mu Burusiya batangaje ko batangiye gushyiraho amazu i Kursk yo kubamo kugira ngo azafashe kurinda abaturage babo mu gihe ingabo za Ukraine zabagabaho ibitero.

Ndetse na minisiteri y’ingabo y’iki gihugu cy’u Burusiya yavuze ko ingabo zabo zafashe agace ka Mezhove mu Burasirazuba bwa Ukraine mu karere ka Donetsk. U Burusiya bwanavuze ko igitero cya Ukraine ku butaka bwacyo cyahagaritswe bityo ko nta gikuba cyacitse.

Iyi Leta y’u Burusiya yashimangiye ivuga kandi ko kuba Ukraine yarinjiye ku mupaka wayo mu minsi mike ishize irangije yigarurira agace kamwe, byasaga n’agatego bateze ingabo za Zelensky kugira ngo ingabo z’u Burusiya zibone uko zinjira mu kandi karere ko mu murwa mukuru wa Ukraine.

           MCN.
Tags: Ukraine yafasge akandi gace ko mu Burusiya
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y'uko RDC iyitambitse imbere. Igihugu cy'u Rwanda cyikuye mu muryango wa CEEAC nyuma y'aho Repubulika ya demokarasi ya Congo ikibangamiye. Uyu mwanzuro u...

Read moreDetails

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails
Next Post
Intumwa z’u Rwanda n’iza RDC , zagize ibindi zumvukanaho mu biganiro byarimo bibera i Luanda.

Intumwa z'u Rwanda n'iza RDC , zagize ibindi zumvukanaho mu biganiro byarimo bibera i Luanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?