Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Intumwa z’u Rwanda n’iza RDC , zagize ibindi zumvukanaho mu biganiro byarimo bibera i Luanda.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 23, 2024
in Regional Politics
0
Intumwa z’u Rwanda n’iza RDC , zagize ibindi zumvukanaho mu biganiro byarimo bibera i Luanda.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Intumwa z’u Rwanda n’iza RDC , zagize ibindi zumvukanaho mu biganiro byarimo bibera i Luanda.

You might also like

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Abahagarariye Leta ya Kinshasa n’iya Kigali mu biganiro byarimo bibera i Luanda mu gihugu cya Angola, zafashe umwanzuro wo kongera guhurira kandi muri iki gihugu mu kwezi gutaha.

Ni umwanzuro wafashwe nyuma y’ibiganiro byari bimaze iminsi ibiri bibera mu murwa mukuru w’iki gihugu cya Angola, aho byatangiye tariki ya 20 birangira tariki ya 21/08/2024.

Ibi biganiro bikaba byarayobowe n’ab’aminisitiri b’ubanyi n’amahamga b’ibibi bihugu kwari bitatu, u Rwanda, RDC na Angola.

Ahanini iby’ingenzi byari bihuje izi ntumwa ni ugushakira akarere k’i biyaga bigari umutekano, cyane cyane u Burasirazuba bwa RDC bumaze imyaka myinshi buhungabanywa n’imitwe y’itwaje imbunda.

Mu biganiro bitandukanye byatangiye mu 2022, byagaragaye ko umutwe witwaje imbunda wa FDLR ari imwe mu ntandaro z’u mutekano muke mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo n’akarere kose muri rusange.

Intumwa z’ibi bihugu zanzuye ko itariki ya 29 n’iya 30/08/2024 zizahurira i Luanda kugira ngo ziganire ku mushinga wateguwe na perezida João Lourenço wa Angola ku buryo amahoro n’umutekano byagaruka mu karere.

Nyuma yo guhura kw’izi ntumwa z’ibi bihugu bitatu, byateganyijwe ko itariki ya 9 n’iya 10/09/2024 ari bwo intumwa z’ibi bihugu ku rwego rw’abaminisitiri zizahurira i Luanda, baganire ku myanzuro yafashwe iganisha akarere ku mahoro arambye.

          MCN.
Tags: I LuandaibiganiroU Rwanda na Congo Kinshasa
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo. Nyuma y'uko bimenyekanye ko Joseph Kabila Kabange wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo...

Read moreDetails
Next Post
Hagaragajwe ibihugu icumi bifite abaturage bafite igipimo cy’u bwenge buri hejuru.

Hagaragajwe ibihugu icumi bifite abaturage bafite igipimo cy'u bwenge buri hejuru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?