• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

U Burundi bwa maganye umuryango mpuzamahanga uheruka gushyira perezida Ndayishimiye ku karubanda.

minebwenews by minebwenews
August 24, 2024
in Regional Politics
0
U Burundi bwa maganye umuryango mpuzamahanga uheruka gushyira perezida Ndayishimiye ku karubanda.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Burundi bwa maganye umuryango mpuzamahanga uheruka gushyira perezida Ndayishimiye ku karubanda.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Umuryango mpuzamahanga urengera ikiremwa muntu ku Isi(Amnesty international), uheruka gushinja perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi mu myaka ine amaze ayoboye, yayihutajemo abaturage ndetse kandi ngo nti yaha ubwisanzure abarimo n’abanyamakuru n’abakora mu miryango itegamiye kuri Leta.

Ni raporo uyu muryango wakoze, aho wagize uti: “Mu myaka ine perezida Evariste Ndayishimiye amaze ku butegetsi, abaharanira uburenganzira bwa muntu, abanyamakuru, n’abatavuga rumwe nawe muri politiki bakomeje guterwa ubwoba, guhohoterwa, gufungwa bidakurikije amategeko no kudahabwa ubutabera buboneye.”

Ibi rero, nibyo Guverinoma y’u Burundi yamaganiye kure , ikoresheje umuvugizi wayo, Gatoni Rosine Guilene.

Uyu muvugizi avuga ko uburenganzira bwa muntu bwubahirizwa kandi ko n’abagezwa imbere y’ubutabera yaba abaturage basanzwe cyangwa abanyamakuru baba ari abarenze ku mategeko.

Ati: “Ugasanga ni ibintu byabaye mu myaka 10 ishize ariko bakabyitirira ubutegetsi bwa perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye. Ibyo byerekana yuko ku butegetsi bwe babuze icyo bavuga.”

Cyakora uyu muvugizi avuga ko byose atari shyashya hatabura abashobora kuvangira umukuru w’igihugu gusa haba hari amategeko agomba gushyirwa mu bikorwa.

Gatoni Rosine Guilene avuga kandi ko ubutegetsi bw’u Burundi bwubakiye ku mategeko ndetse ko bushyize imbere umutarage bityo iyo hagize umuhutaza abiryozwa.

Mu bihe bitandukanye umuryango wa Amnesty international, wakomeje kwerekana u Burundi nk’igihugu kidatekanye ndetse kidaha Abanyagihugu ijambo.

          MCN.
Tags: Amnesty InternationalBwamaganyeU BurundiYashyize Ndayishimiye ku karubanda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Havuzwe imirwano ikaze kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 24/08/2024 muri teritware ya Masisi.

Havuzwe imirwano ikaze kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 24/08/2024 muri teritware ya Masisi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?