Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

I Mbarara: Uko byari byifashe mu gitaramo cy’umuririmbyi Israel Mbonyi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 26, 2024
in Uncategorized
0
I Mbarara: Uko byari byifashe mu gitaramo cy’umuririmbyi Israel Mbonyi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Mbarara: Uko byari byifashe mu gitaramo cy’umuririmbyi Israel Mbonyi.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Ahagana isaha ya saa ine zirengaho iminota hejuru zo muri iri joro ryaraye rikeye, ryo ku itariki ya 25/08/2024, nibwo umuririmbyi wo guhimbaza Imana no kuramya, Israel Mbonyi yasesekaye kurubyiniro aho yari yateguriwe i Mbarara mu majyepfo ashira uburenganzuba bw’igihugu cya Uganda, habaye ibyishimo bidasanzwe, kandi nawe anezeza abakunzi be bari bitabiriye iki gitaramo.

Ni gitaramo cyabereye neza na neza ku kibuga cya University Inn ho mu mujyi wa Mbarara.

Ki kaba kigira igitaramo cya kabiri uyu muhanzi wicamamare akoreye mu gihugu cya Uganda nyuma y’uko tariki ya 23/08/2024 yari yataramiye i Kampala, aho cyabereye ahitwa Lugogo Cricket Oval cyikitabirwa n’abarenga ibihumbi 15. Abaturiye umujyi wa Kampala bacyise igitaramo cy’amateka.

Nk’uko bisanzwe umuhanzi Israel Mbonyi amaze kugera ku rubyiniro ku kibuga cya University Inn i Mbarara, abafana be bahise bagaragaza ibyishimo byinshi, bamwe bavuza akaruru kibyishimo ari nako abandi barimo bakoma amashyi ndetse banacinya n’akadiho.

Bwana Augustin Mugisha w’umunyankore uri mu bitabiriye iki gitaramo yabwiye MCN ko Israel Mbonyi, yaraye abasusurukije kandi ko yagaragarije abakunzi be ibyishimo.

Ati: “Uyu muririmbyi w’umunyarwanda yatweretse urukundo, ahanini yagerageje kuririmba no muri zimwe mu ndirimbo ze tuzi. Yaririmbye igiswahili n’ikinyarwanda. Byadufashije.”

Yanavuze ko iki gitaramo ko cyitabiriwe n’abantu ibihumbi bitarimunsi ya 10.

Biteganijwe ko Israel Mbonyi ahita yerekeza i Rwanda mu gihugu cye, nyuma y’iki gitaramo cyaraye kibereye i Mbarara.

Mu busanzwe Israel Mbonyi nk’uko akunze ku byivugira avuka ahitwa ku Ndondo ya Bijombo mu karere k’i Mulenge ho muri Kivu y’Amajy’epfo mu Gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo. Muri make ni Umunyarwanda kuko niho yakuriye ndetse akaba ari naho atuye, usibye kuha kurira gusa ni naho yigiye amashuri ye, kuva mu mashuri abanza n’ayisumbuye ndetse na university nubwo hari nayo yigiye mu mahanga, ariko yaragarukaga agataha i Rwanda.

            MCN.
Tags: Israel MbonyiMbararaUmuhanzi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post
Abafatiwe i Goma barakekwaho ibintu bikomeye ndetse kandi baniswe Abanyarwanda.

Abafatiwe i Goma barakekwaho ibintu bikomeye ndetse kandi baniswe Abanyarwanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?