• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Havuzwe amakuru mabi y’umugore utwite wiciwe mu bice by’i Goma.

minebwenews by minebwenews
September 3, 2024
in Regional Politics
0
Havuzwe amakuru mabi y’umugore utwite wiciwe mu bice by’i Goma.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Havuzwe amakuru mabi y’umugore utwite wiciwe mu bice by’i Goma.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Umugore utwite, yiciwe i Goma mu nkambi ya Bulengo, n’abandi bantu babiri bo barakomereka, nk’uko amasoko yacu abivuga.

Tariki ya 01/09/2024, nibwo uyu mudamu yishwe kandi yicwa arashwe n’umurwanyi wo muri Wazalendo izwiho gukorana byahafi n’igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo mu ntambara gihanganyemo n’umutwe wa M23.

Mu makuru Sosiyete sivile yo yatanze avuga ko uriya mugore ko yishwe nyuma y’uko hari indi mirambo itatu yabonetse mu mpera z’iki Cyumweru dusoje, hafi y’inkambi ya Bulengo yiciwemo uri mugore.

Nyuma yuko uyu mudamu arashwe akaza kwitaba Imana, abandi bantu babiri bari aho hafi barashweho, barakomereka.

Ubwicanyi bukorerwa abasivile mu mujyi wa Goma no mu nkengero zawo, bugenda burushaho gufata intera umunsi ku munsi.

Aya makuru twahawe n’abaturage baturiye ibyo bice, avuga ko uriya mudamu wishwe arashwe, yazize ko yanze guha Umzalendo amafaranga yarimo amusaba, mu kuyamwima, niko guhita amurasa arapfa.

Itangazo umutwe wa M23 washize hanze kuri uyu wa Mbere tariki ya 02/09/2024, ryashinjaga igisirikare cya leta ya Kinshasa n’abambari bacyo ko kiri inyuma y’ubwicanyi bukomeje gukorerwa abasivile i Goma no mu makambi akikije uyu mujyi.

Iri tangazo rya M23 ryasohotse mu gihe ubutegetsi bwa Kinshasa bwarimo bushyingura mu cyubahiro imibiri y’abantu igera kuri 200 bavuga ko yishwe mu ntambara. Iy’i mibiri ikaba yarashyinguwe kuri Stade de l’unite iherereye mu mujyi wa Goma.

          MCN.
Tags: UmugoreUtwiteWazalendoYiciwe i Goma
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo wa menya ku nama igiye kubera i Being mu Bushinwa, ihuza Afrika n’iki gihugu.

Ibyo wa menya ku nama igiye kubera i Being mu Bushinwa, ihuza Afrika n'iki gihugu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?