Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hari gikekwa cyatumye uwabaye kandida ku mwanya wa perezida muri RDC, atabwa munzu y’imbohe.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 4, 2024
in Regional Politics
0
Hari gikekwa cyatumye uwabaye kandida ku mwanya wa perezida muri RDC, atabwa munzu y’imbohe.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hari gikekwa cyatumye uwabaye kandida ku mwanya wa perezida muri RDC, atabwa munzu y’imbohe.

You might also like

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Ku wa mbere tariki ya 02/09/2024, uwigezeho kuba kandida ku mwanya w’umukuru w’igihugu muri Repubulika ya demokarasi ya Congo mu matora y’ubushyize, Seth Kikuni, yafunzwe mu buryo butemewe n’amategeko, n’abakozi bashinzwe iperereza.

André Claudel wo mu muryango wa Kikuni, abinyujije kurukuta rwa x, yatangaje ifungwa rya mwenewabo, agira ati: “Ku wa mbere tariki ya 02/09/2024, igihe c’isaha ya saa sita, abakozi b’ikigo cya ANR, baherekejwe n’umuyobozi w’intara y’umujyi wa Kinshasa, binjiye mu biro bya Seth Kikuni, bitwaje icyemezo cy’ubutumwa, bamusabye kubakurikira bavuga ko agomba kuvugana n’umuyobozi w’iy’i serivisi. Nyuma yo kuvugana nabi ntibatindiganije gukoresha ingufu, bamuhutaza mbere yo kumujana ku cyicaro gikuru cy’umutekano mu gihugu, giherereye ahateganye n’ibiro bya minisitiri w’intebe. Seth Kikuni afungiye aho adashaka, mugisa nk’ifungwa rya nyaryo.”

Impamvu zatumye atabwa muri yombi ntizatanzwe. Ariko ibi bibaye nyuma y’amasaha make Seth Kikuni ashyize kuri x ubutumwa bwamagana ubwicanyi, bwabaye ku Cyumweru muri gereza ya Makala, akaba aribyo bikekwa by’intandaro y’iri fungwa rye.

Ubwo butumwa bugira buti: “Ubwicanyi bwinshi busa cyane nk’uruhererekane rw’iyicwa ry’abaturage bagombye kurindwa bidasanzwe na Leta. Wazalendo muri Goma, Kilwa, Lwilu, none muri Makala. Ntibishoboka.”

Ahagana mu kwezi kwa Gatandatu uyu mwaka, we na Claude André Lubaya, bari batangije urwego ngishwanama kuri politiki n’imibereho myiza.

Uru rwego rwafatwaga nkururwanya ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, bavuga ko bugizwe n’ubwiganze butemewe kandi bwamunzwe na ruswa, butagira umushinga wa politiki nyawo ufitiye igihugu akamaro, kandi butitaye ku mibereho y’abaturage kandi bushishikajwe gusa no gusangira.

           MCN.
Tags: KinshasaSeth Kikuni
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y'uko RDC iyitambitse imbere. Igihugu cy'u Rwanda cyikuye mu muryango wa CEEAC nyuma y'aho Repubulika ya demokarasi ya Congo ikibangamiye. Uyu mwanzuro u...

Read moreDetails

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails
Next Post
Ibivugwa kuri Bobi Wine utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda, wa komeretse ukuguru.

Ibivugwa kuri Bobi Wine utavuga rumwe n'ubutegetsi bwa Uganda, wa komeretse ukuguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?