• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

U Bushinwa bwemereye akayabo k’amafaranga ibihugu byo muri Afrika.

minebwenews by minebwenews
September 5, 2024
in Regional Politics
0
U Bushinwa bwemereye akayabo k’amafaranga ibihugu byo muri Afrika.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Bushinwa bwemereye akayabo k’amafaranga ibihugu byo muri Afrika.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nibyatangajwe n’umukuru w’igihugu cy’u Bushinwa, Xi Jinping, avuga ko mu myaka itatu iri imbere igihugu cye kizafasha ibihugu byo muri Afrika Ama-Yuan miliyari 360 angana n’amadolari y’Amerika miliyari 50,7.

Ibi akaba yabivuze kuri uyu wa Kane tariki ya 05/09/2024, ubwo yaganiraga n’abakuru b’ibihugu na za Guverinoma zo muri Afrika bitabiriye inama y’ubufatanye ku mpande zombi.

Mu nzego zizibandwaho muri iri shoramari, harimo ubufatanye n’ibihugu bya Afrika mu by’inganda, ubuhinzi, ibikorwa remezo, ubucuruzi n’ishoramari.

Iy’inkunga ngwikazatangwa mu myaka itatu iri imbere, nk’uko perezida Xi Jinping.

Muri aya mafaranga, harimo miliyari 29 z’amadolari azaba ari inguzanyo, miliyari 11 zizaba ari inkunga n’izindi miliyari 10 zizifashishwa mu gushyigikira Sosiyete z’Abashinwa zikorera muri Afrika.

Uyu mukuru w’igihugu yanasobanuye ko igihugu cye cyiteguye gufasha Afrika guteza imbere imiyoborere myiza, binyuze mu kubaka ibigo 25 by’ubushakashatsi ku miyoborere kuri uyu mugabane, gihugure Abanyapolitiki 100 b’aho ku miyoborere ijanye n’igihe.

Giteganya kandi guha ibihugu bya Afrika inkunga ya miliyari 140,5 z’amadolari yo kubifasha guteza imbere igisirikare, kikazahugura abasirikare 6000 bo kuri uyu mugabane n’abandi 100 bo mu nzego z’umutekano.

U Bushinwa ni umwe mu bafatanyabikorwa mpuzamahanga b’imena ba Afrika, bitewe ahanini n’ishoramari rinini bwagize kuri uyu mugabane n’inguzanyo bwawuhaye mu myaka myinshi ishize.

           MCN.
Tags: AfrikaAkayabo k'amafarangaU BushinwaXi Jinping
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post

Should HR report to finance? here are 3 things you should consider

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?