• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibyo wa menya ku cyatumye FARDC iha gasopo Corneille Nangaa na M23.

minebwenews by minebwenews
September 6, 2024
in Regional Politics
0
Ibyo wa menya ku cyatumye FARDC iha gasopo Corneille Nangaa na M23.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo wa menya ku cyatumye FARDC iha gasopo Corneille Nangaa na M23.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Umuyobozi mukuru ureba intara ya Ituri ku rwego rwa gisirikare, Lt Gen Johnny Luboya Nkashama, niwe wahaye gasopo Corneille Nangaa ukuriye ihuriro Alliance Fleuve Congo ribarizwamo n’umutwe wa M23 amuteguza ko ingabo za RDC ziteguye guhangana n’uyu mutwe mu gihe waba ugerageza kwinjira muri iyi ntara ya Ituri.

Ibi Lt Gen Johnny Luboya Nkashama yabivuze ubwo yagezaga ijambo ku baturage baturiye intara ya Ituri. Yamenyesheje Nangaa ko nta muvandimwe we n’umwe ubarizwa muri iyi ntara ya Ituri. Anashinja Nangaa guha Abanyamahanga iki gihugu cya RDC.

Yagize ati: “Mwiyumviye ubwanyu ubutumwa bwatanzwe na Nangaa. Yarababwiye ati ‘bavandimwe banjye bo muri Ituri ni muntegereze, ndenda kubageraho.’ Nangaa, nta bavandimwe ufite hano. Nta bandi bahari batari Abanyekongo n’abanya-Ituri. Urazana n’abanyamahanga hanyuma ukavuga ko uri umuvandimwe wacu? Gumana iyo ngiyo na bo.”

Ntiyarekeye aho kuko yahise anateguza M23 na Nangaa ko biteguwe muri Ituri.

Ati: “Twiteguye gusubiza ku byaba byose. Twishimiye kuba amoko yose y’abanya-Ituri bari inyuma yacu.”

AFC/M23 iragenzura ibice byinshi kandi bitandukanye byo muri Kivu Yaruguru, ndetse abayobozi bayo bakunze kugaragaza ko biteguye no kwinjira mu zindi ntara harimo n’iya Ituri.

Byumwihariko, Nangaa agize igihe asaba abavandimwe be batuye muri Ituri guhuza imbaraga na M23 bagashyira iherezo ku bwicanyi bukorwa n’ingabo za RDC n’imitwe y’iterabwoba nka ADF na CODECO.

Gusa, kuri ubu imirwano isa n’iyagabanijeho umurego hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa, ni nyuma y’imirwano ikaze yagiye ibera muri Rutshuru, Masisi na Lubero mu kwezi gushize.

              MCN
Tags: FardcIturiM23
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post

EU set to launch formal probe into Nzivia’s $54bn takeover of Arm

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?