Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Umugabo w’umuherwe yahishuye igihe azajyana abantu ku mu bumbe wa Mars.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 9, 2024
in Uncategorized
0
Umugabo w’umuherwe yahishuye igihe azajyana abantu ku mu bumbe wa Mars.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umugabo w’umuherwe yahishuye igihe azajyana abantu ku mu bumbe wa Mars.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Ni Elon Musk watangaje ko mu myaka ine iri imbere hatagize igihinduka ikigo abereye umuyobozi cya SpaceX kizohereza abantu ku mu bumbe wa Mars, bikazaba ari ntangiriro yo kuba umuntu yabasha kubakayo imijyi no kuhatura.

Abanyabwenge mu by’ubumenyi bw’isanzure bemeza ko umubumbe wa Mars ari wo wegereye Isi kurusha indi kuko uri mu ntera ya Kirometero miliyoni 54.7.

Uyu muherwe w’umunyamerika, Eron Musk yahamije ko ikigo cye cya SpaceX kizohereza icyogajuru kuri Mars kitarimo abantu mu myaka ibiri iri mbere, nyuma kikazoherezayo abantu.

Yagize ati: “Izo zizaba ari ingendo zitarimo abantu zo kugerageza kureba ko guhagarara kuri Mars bishoboka ntihagire ikiguhungabanya.”

Yavuze ko nyuma y’aha nibikomeza kugenda neza ingendo zo kujya kuri Mars zizakomeza, kuburyo mu myaka 20 iri imbere uyu mubumbe uzaba umaze kubakwaho imijyi ihamye, bikazanatanga amahirwe yo kuba abantu batazaba bagifite amahitamo yo kuba ku Isi gusa.

Musk yavuze ko kugira ngo umuntu ageze toni imwe y’ibintu kuri Mars bisaba miliyari y’amdolari, ariko ngo bikwiye kugabanyuka ku buryo toni imwe igerayo bitwaye ibihumbi 100$ kugira ngo hazubakweho imijyi yihagije.

Yanavuze kandi ko ikoranabuhanga rikeneye kunozwa inshuro ibihumbi 10 kugira ngo ibi bigerweho, kandi ko nubwo bikomeye cyane ariko bishoboka.

Byanavuzwe kandi ko Elon Musk ashingira icyizere ku kuba icyogajuru cya Starship cyarageze mu isanzure kigasoza ubutumwa bwacyo, kikagaruka kandi ngo gifite ubushobozi bwo kujya ku kwezi no kuri Mars gitwaye abantu n’imizigo.

Mu kwezi kwa Kabiri uyu mwaka, Musk yavuze ko ari mu migambi yo kuzajyana kuri Mars nibura abantu miliyoni 1 ku buryo bakubakayo imijyi.

               MCN.
Tags: AbantuAzajyanaElon muskUmubumbe wa Mars
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post
Rwongeye kwa mbikana bikaze, hagati ya M23 n’ingabo za RDC muri Masisi.

Rwongeye kwa mbikana bikaze, hagati ya M23 n'ingabo za RDC muri Masisi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?