• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 12, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Umugabo w’umuherwe yahishuye igihe azajyana abantu ku mu bumbe wa Mars.

minebwenews by minebwenews
September 9, 2024
in Uncategorized
0
Umugabo w’umuherwe yahishuye igihe azajyana abantu ku mu bumbe wa Mars.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umugabo w’umuherwe yahishuye igihe azajyana abantu ku mu bumbe wa Mars.

Ni Elon Musk watangaje ko mu myaka ine iri imbere hatagize igihinduka ikigo abereye umuyobozi cya SpaceX kizohereza abantu ku mu bumbe wa Mars, bikazaba ari ntangiriro yo kuba umuntu yabasha kubakayo imijyi no kuhatura.

READ ALSO

Uvira: Abaturage Basohotse mu Mihanda Basaba Amahoro, Banamagana Isahurwa ry’Ibyabo

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

Abanyabwenge mu by’ubumenyi bw’isanzure bemeza ko umubumbe wa Mars ari wo wegereye Isi kurusha indi kuko uri mu ntera ya Kirometero miliyoni 54.7.

Uyu muherwe w’umunyamerika, Eron Musk yahamije ko ikigo cye cya SpaceX kizohereza icyogajuru kuri Mars kitarimo abantu mu myaka ibiri iri mbere, nyuma kikazoherezayo abantu.

Yagize ati: “Izo zizaba ari ingendo zitarimo abantu zo kugerageza kureba ko guhagarara kuri Mars bishoboka ntihagire ikiguhungabanya.”

Yavuze ko nyuma y’aha nibikomeza kugenda neza ingendo zo kujya kuri Mars zizakomeza, kuburyo mu myaka 20 iri imbere uyu mubumbe uzaba umaze kubakwaho imijyi ihamye, bikazanatanga amahirwe yo kuba abantu batazaba bagifite amahitamo yo kuba ku Isi gusa.

Musk yavuze ko kugira ngo umuntu ageze toni imwe y’ibintu kuri Mars bisaba miliyari y’amdolari, ariko ngo bikwiye kugabanyuka ku buryo toni imwe igerayo bitwaye ibihumbi 100$ kugira ngo hazubakweho imijyi yihagije.

Yanavuze kandi ko ikoranabuhanga rikeneye kunozwa inshuro ibihumbi 10 kugira ngo ibi bigerweho, kandi ko nubwo bikomeye cyane ariko bishoboka.

Byanavuzwe kandi ko Elon Musk ashingira icyizere ku kuba icyogajuru cya Starship cyarageze mu isanzure kigasoza ubutumwa bwacyo, kikagaruka kandi ngo gifite ubushobozi bwo kujya ku kwezi no kuri Mars gitwaye abantu n’imizigo.

Mu kwezi kwa Kabiri uyu mwaka, Musk yavuze ko ari mu migambi yo kuzajyana kuri Mars nibura abantu miliyoni 1 ku buryo bakubakayo imijyi.

               MCN.
Tags: AbantuAzajyanaElon muskUmubumbe wa Mars

Related Posts

Uvira: Abaturage Basohotse mu Mihanda Basaba Amahoro, Banamagana Isahurwa ry’Ibyabo
Uncategorized

Uvira: Abaturage Basohotse mu Mihanda Basaba Amahoro, Banamagana Isahurwa ry’Ibyabo

August 14, 2026
RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho
Uncategorized

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

July 29, 2026
Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara
Uncategorized

Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara

July 25, 2026
Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego
Uncategorized

Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego

July 22, 2026
Tshisekedi Yatangaje Ikiganiro Cyagutse Kizahuza Abanyekongo Bose: Dore Ibyamaze Kwemezwa, Ibigiye Gukorwa n’Ibizagenderwaho
Uncategorized

Les raisons du report de la visite du Président Tshisekedi à New York ont été révélées

July 20, 2026
BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki
Uncategorized

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

June 9, 2026
Next Post
Rwongeye kwa mbikana bikaze, hagati ya M23 n’ingabo za RDC muri Masisi.

Rwongeye kwa mbikana bikaze, hagati ya M23 n'ingabo za RDC muri Masisi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura
  • Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura
  • C64 Igiye Kugaragariza Kinshasa Imbaraga mu Myigaragambyo yo Kurengera Itegeko Nshinga
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?