• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

U Rwanda na RDC biri muri gahunda yo gusenya burundu FDLR, menya ibyimbitse.

minebwenews by minebwenews
September 10, 2024
in Regional Politics
0
U Rwanda na RDC biri muri gahunda yo gusenya burundu FDLR, menya ibyimbitse.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Rwanda na RDC biri muri gahunda yo gusenya burundu FDLR, menya ibyimbitse.

You might also like

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, bari kwigira hamwe uko umutekano urambye wagaruka muri RDC nuko umutwe wa FDLR wasenywa burundu.

Mu kiganiro umuvugizi wa RDC yahaye itangaza makuru, bwana Patrick Muyaya yatangaje ko ‘gusenya FDLR ari imwe mu ngingo igihugu cye n’u Rwanda birimo kuganiraho mu biganiro by’i Luanda ho muri Angola.’

Avuga kandi ko ibi biganiro bigamije gushaka amahoro mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Mu kwezi gushize, perezida wa Angola João Lourenço yagejeje kuri perezida Félix Tshisekedi Tshilombo wa RDC namugenzi we w’u Rwanda, Paul Kagame umushinga wabageza u Burasirazuba bwa RDC ku mahoro arambye, ibi yabikoze ubwo yari mu ruzinduko yagiriye i Kinshasa n’i Kinshasa.

Ndetse ibiro bya perezida wa Angola byatangaje ko ibihugu byombi bizahurira muri Angola bikaganira kuri uwo mushinga.

Nyuma ibiganiro by’abaminisitiri ku mpande zose baraganiriye, aho ibyo biganiro byabereye i Luanda muri Angola.

Muri iki kiganiro Patrick Muyaya yahaye igitangaza makuru cya France 24, yavuze ko “ibiganiro bya Luanda byongeye gutangira; avuga ko inama z’abaminisitiri zabaye ndetse ko no kuri uyumunsi habaye indi y’inzobere.”

Anavuga ko hizwe uko umutwe wa FDLR wasenywa burundu.

Yagize ati: “Hari kwigwa ku bintu bibiri; kuba FDLR igomba gusenywa burundu, ku rundi ruhande ingabo z’u Rwanda zigomba kuhava.”

Yanavuze kandi ko tariki ya 14/09/2024 hazaba inama yo ku rwego rw’abaminisitiri izagerageza gusesengura raporo y’inzobere.

Ikinyamakuru cya Africa Intelligence, cyandikirwa i Paris mu Bufaransa, giheruka gutangaza ko ‘ibiganiro by’i Luanda byateye intambwe, gusa ko ibyaganiweho bikirimo akabazo.’

Kinavuga kandi ko nyuma y’inama yahuje abakuriye ubutasi, n’abakuru b’ingabo bo ku ruhande rw’u Rwanda na Congo Kinshasa hamwe n’intumwa za M23 ubu i Luanda izongera ikakira ba minisitiri b’ubanye n’amahanga.

Nubwo biruko, ariko M23 ibarizwa mu ihuriro rya AFC ikomeje gushinja ingabo za RDC kurenga ku masezerano ya gahenge zigatera ibice bituwe n’abasivili bigenzurwa n’uyu mutwe wa M23 muri teritware ya Masisi, ariko kandi FARDC nayo mu kwezi gushize yashinje uyu mutwe kurenga ku gahenge ukagaba ibitero mu bice bigenzurwa n’ingabo zayo muri teritware ya Rutshuru.

              MCN.
Tags: FDLRGusenya burunduU Rwanda na RDC
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye "guhangana aho gusabiriza" Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yabwiye Abanyarwanda ko mu bibabazo igihugu cyabo gifite...

Read moreDetails

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Igihano gitangaje cyahanishijwe abasirikare b'u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC Abasirikare b'u Burundi bahanishijwe kuzenguruka u Burundi n'amaguru nyuma y'uko bishyuzaga umushara barwaniye muri Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails
Next Post

US investors cut leverage for first time since start of pandemic

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?