• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Leta ya perezida Tshisekedi yitabye mu rubanza rwerekeye imfungwa 131 ziciwe muri gereza ya Makala.

minebwenews by minebwenews
September 13, 2024
in Regional Politics
0
Leta ya perezida Tshisekedi yitabye mu rubanza rwerekeye imfungwa 131 ziciwe muri gereza ya Makala.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta ya perezida Tshisekedi yitabye mu rubanza rwerekeye imfungwa 131 ziciwe muri gereza ya Makala.

You might also like

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Ni urubanza rwabaye ku wa Kane tariki ya 12/09/2024, ruhamagazwamo Leta y’iki gihugu ku kibazo kireba imfungwa 131 zahasize ubuzima izindi zigakomereka bikomeye, harimo n’izasambanyijwe ku ngufu, ubwo zageragezaga gucika gereza nkuru ya Makala, iherereye i Kinshasa ku murwa mukuru wa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Muri uru rubanza, urukiko rwa gisirikare rwatumiyemo inzego za Leta, ndetse n’abagizweho ingaruka n’ibi bikorwa, runasaba ko bavurwa byihariye n’inzobere z’ibibazo byo mu mutwe, kandi bakishyurirwa ikiguzi cy’ubuvuzi.

Iki cyemezo cyemejwe n’uru rukiko rwagisirikare, ndetse rwemeza n’ingingo 3 , izo rubona ko zagira umusaruro ku migendekere y’uru rubanza kandi rukaba mu mucyo.

Iki cyemezo cyasomwe na perezida w’uru rukiko rwa gisirikare rw’i Ngaliema i Kinshasa, Captain Guy Kwashi, yavuze ko ubushinjacyaha bugomba gukurikirana ingingo 3 , zirimo ‘kugaragaza amafaranga azishyurirwa abagizweho ingaruka n’ihohoterwa rishingiye kugitsina, kandi ko bavurirwa mu bitaro bya gisirikare bya Camp Tshatshi, gutumiza umuyobozi munzego za gisirikare ubifitiye mu nshingano muri leta ya Kinshasa.

Biteganijwe kandi ko uru rubanza ruzongera gusubukura ku wa mbere tariki ya 16/09/2024, nk’uko umucamanza yabitangaje.

Iki cyemezo cyakiriwe neza n’abanyamategeko bahagarariye uruhande rw’abagizweho ingaruka, bavuze ko bitanga icyizere ku migendekere myiza y’uru rubanza mu nyungu z’abagizweho ingaruka n’ibikorwa byabereye kuri gereza nkuru ya Makala.

Umwe muri aba banyamategeko, Maître Stanislas Mwamba yavuze ko iki cyemezo kiri mu nyungu z’imfungwa z’abagore basambanyirijwe.

Abandi bagarukwaho muri uru rubanza ku ruhande rwa bagizweho ingaruka n’ibyabaye, barimo abagize ibibazo bitandukanye bishinjwa Leta ya Tshisekedi.

Abanyamategeko bunganira izi mpande, barega inzego za gisirikare gukoresha imbaraga z’umurengera zatumye bamwe bahasiga ubuzima, ndetse n’uburangare bw’inzego zishinzwe umutekano kuri iki kibazo, bikwiye kubazwa Leta.

               MCN.
Tags: Gereza nkuru ya MakalaLetaUrubanza
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails
Next Post

Spain's LaLiga clubs approve CVC deal after opt-out concession

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?