• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Tshisekedi yohererejwe intumwa, mu gihe mu genziwe w’u Rwanda yakoranye ikiganiro na Lourenço wa Angola.

minebwenews by minebwenews
September 20, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Tshisekedi yohererejwe intumwa, mu gihe mu genziwe w’u Rwanda yakoranye ikiganiro na Lourenço wa Angola.
79
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Tshisekedi yohererejwe intumwa, mu gihe mu genziwe w’u Rwanda yakoranye ikiganiro na Lourenço wa Angola.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Umukuru w’igihugu cya Angola, João Lourenço ku wa Kane tariki ya 19/09/2024, yakoranye ikiganiro na perezida Paul Kagame w’u Rwanda hifashijijwe telefone, mu gihe yohereje intumwa ye kwa perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ni ikiganiro cyabaye mu rwego rwo gukumira amakimbirane yo mu Burasirazuba bwa RDC, n’ubwo nta byinshi perezindansi ya Angola yibivuzeho, usibye kwemeza ko icyo kiganiro cyabaye. Igihugu cya Angola ni cyo muhuza ku makimbirane ari hagati y’u Rwanda na Congo Kinshasa.

Ku rundi ruhande, perezida João Lourenço yohereje intumwa ye i Kinshasa ku murwa mukuru w’i Gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, minisitiri w’ubabanye n’amahanga w’iki gihugu, Tete Antonio. Aya makuru anavuga ko Tete yabwiye Tshisekedi ati: “Twakoze kuri iki gikorwa, kandi nyuma y’ibiganiro, ni ngombwa ko ibyemezo bigera ku nzego zacu zidukuriye.” Avuga kandi ko João Lourenço yiyemeje guharanira amahoro mu Burasirazuba bwa RDC.

Ibiganiro hagati ya Congo n’u Rwanda, byatangiye binyuze mu buhuza bwa Angola. Ibi biganiro na tariki ya 14 na 15/09/2024, byarimo aho byari byahuje aba minisitiri ku nshuro ya kane i Luanda. Muri ibyo biganiro Angola yabitanzemo raporo ku biganiro yagiranye n’ihuriro ry’imitwe ya politiki n’igisirikare ribarizwamo na M23 rya AFC (Alliance Fleuve Congo), nubwo RDC igikomeje kwinangira kuganira n’iri huriro ribarizwamo uyu mutwe wa M23.

         MCN.
Tags: AngolaPaul Kagame w'u RwandaTshisekedi
Share32Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Hagaragajwe amakosa abantu bakora agatuma bahora mu bukene.

Hagaragajwe amakosa abantu bakora agatuma bahora mu bukene.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?