Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

RDC yagaragaje icyo yikanga ku bantu baturuka muri Afrika y’Epfo binjira ku butaka bw’iki guhugu.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 22, 2024
in Regional Politics
0
RDC yagaragaje icyo yikanga ku bantu baturuka muri Afrika y’Epfo binjira ku butaka bw’iki guhugu.
85
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

RDC yagaragaje icyo yikanga ku bantu baturuka muri Afrika y’Epfo binjira ku butaka bw’iki guhugu.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni ubutumwa bwanyujijwe ku rukuta rwa x, butanzwe na ambasade ya Repubulika ya demokarasi ya Congo muri Afrika y’Epfo, aho ku ya 20/09/2024, yagaragaje ko “abinjira muri RDC bavuye mu gihugu cya Afrika y’Epfo, gushaka visa binyuze mu nzira zitemewe baba bashaka guhungabanya umutekano w’iki gihugu cye.”

Iyi ambasade yagize iti: “Leta ya Kinshasa ishaka kugarura umutekano mu gihugu hose, twamenye ko hari abafite umugambi mubisha wo guhungabanya umutekano binyuze mu gushaka visa, mu gihe kandi baba baciye Inzira zitarizo. abakora ibi, ahanini bava muri Afrika y’Epfo.” Iyi ambasade yanasabye Guverinoma ya Afrika y’Epfo gukangurira inzego z’iki gihugu zishinzwe abinjira n’abasohoka na sosiyete z’indege zikorera ingendo muri RDC zivuye muri Afrika y’Epfo, kuba maso, zigakumira aba bantu.

Ibi bibaye mu gihe imirwano ikomeje gukara, hagati y’Ingabo za Leta ya Kinshasa n’umutwe wa M23 mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru ho mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ni nyuma yaho kandi mu mpera z’ukwezi kwa Gatanu uyu mwaka, umutwe witwaje imbunda wiyise Zaïre wari wagerageje guhirika ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Kimweho umutekano wa RDC muri rusanga, uhorana agatotsi, haba i Kinshasa ku murwa mukuru w’iki gihugu no mu zindi ntara zigize iki gihugu.

       MCN.
Tags: Binjira ku butaka bwa RDCKubaturuka Afrika y'EpfoRdcYagaragaje icyo yikanga
Share34Tweet21Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Studio ya Al Jazeera, yigabijwe n’igisirikare cya Israel ziyitegeka ibintu bikomeye.

Studio ya Al Jazeera, yigabijwe n'igisirikare cya Israel ziyitegeka ibintu bikomeye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?