Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Tanzania batawe muri yombi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 24, 2024
in Regional Politics
0
Abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Tanzania batawe muri yombi.
70
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Tanzania batawe muri yombi.

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Abanyapolitiki batavuga rumwe n’ubutegetsi muri Tanzania batawe muri yombi ku wa mbere tariki ya 23/09/2024, nyuma y’uko bashakaga gukora imyigaragambyo mu murwa mukuru w’ubucuruzi, Dar Salaam.

Abatawe muri yombi ni umuyobozi mukuru w’ishaka rya Chadema, Freeman Mbowe n’umwingirije, Tundu Lissu. Iri shyaka ryabo ryemeje aya makuru rinavuga kandi ko aba bayobozi bafashwe n’igipolisi cy’iki gihugu gishinzwe kurwanya imyigaragambyo.

Mbowe yari yabwiye abashyigikiye ishyaka rye mbere y’uko afungwa ko “gukora imyigaragambyo ari uburenganzira bwabo bahabwa n’itegeko nshinga, avuga kandi ko atangazwa n’imbaraga zikoreshwa n’apolisi mu gutera ubwoba abantu no guhungabanya umutekano wabo.”

Iri shyaka rya Chadema rishinja ubutegetsi bwa perezida Samia Suluhu Hassan kongera kuyobora igihugu mu buryo bwo gukandamiza abatavuga rumwe n’ubutegetsi nk’uwamubanjirije, John Pombe Magufuli.

Rinashinja kandi ubu butegetsi ibura ry’abayoboke ba Chadema n’iyicwa rya Ali Mohammed Kibao, wari umunyamabanga mukuru wayo, wapfuye mu ntangiriro z’uku kwezi kwa Cyenda.

Ibihugu birimo na Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zamaganye Tanzania ziyinenga kutorohera abatavuga rumwe n’ubutegetsi. Ibi bibaye mu gihe iki gihugu kirimo cyiteguta amatora y’umukuru w’igihugu azaba mu mpera z’umwaka w’2025.

Suluhu Hassan uyoboye Tanzania yagiye kuri izi nshingano mu ntangiriro z’umwaka wa 2021 nyuma y’urupfu rwa John Pombe Magufuri wari umaze gupfa.

          MCN.
Tags: Abatavuga rumwe n'ubutegetsiBatawe muri yombiChademaFreemanaTanzania
Share28Tweet18Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post
Amakuru arambuye ku migambi ya Paul Rusesabagina ugambiriye guhindura ubutegetsi bw’u Rwanda.

Amakuru arambuye ku migambi ya Paul Rusesabagina ugambiriye guhindura ubutegetsi bw'u Rwanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?