Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

RDC yitabiriye urubanza ruzabera i Arusha yarezemo Leta y’u Rwanda.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 25, 2024
in Regional Politics
0
RDC yitabiriye urubanza ruzabera i Arusha yarezemo Leta y’u Rwanda.
74
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

RDC yitabiriye urubanza ruzabera i Arusha yarezemo Leta y’u Rwanda.

You might also like

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Repubulika ya demokarasi ya Congo, ikoresheje minisitiri w’ubutabera w’ungirije, Samuel Mbemba, yagiye mu rubanza igihugu cye cyarezemo u Rwanda ruzabera i Arusha tariki ya 26/09/2024.

Guverinoma ya Kinshasa yareze u Rwanda mu rukiko rw’umuryango wa Afrika y’i Burasirazuba (EACJ), irushinja kurenga ku masezerano agenga uyu muryango, arebana no kubaha ubusugire bwa buri gihugu.

Iki kirego gifitanye isano no kuba Leta ya Kinshasa ishinja Kigali kohereza abasirikare bayo mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo gufasha umutwe wa M23, kandi ivuga ko byakozwe mu myaka irenga 20.

Leta y’u Rwanda ivuga ko ibirego bya RDC ari urwitwazo rugamije guhunga inshingano zayo zo gukemura ikibazo cy’umutekano muke kimaze imyaka myinshi mu Burasirazuba bwa RDC.

Aya makuru anavuga ko u Rwanda rwasabye urukiko rwa EACJ gutesha agaciro icyo kirego bitewe n’uko cyatanzwe mu rurimi rw’igifaransa n’Ilingala, kandi ibwiriza risaba ko ibirego bitangwa mu cyongereza.

U Rwanda kandi rwagaragaje ko hari ibyaha Kinshasa iyishinja ku byabaye mbere ya 2001 ubwo EACJ yatangiraga gukora, rugasobanura ko nta bubasha uru rukiko rufite bwo kubiburanisha.

Perezida wa Sudan y’Epfo akaba n’umuyobozi mukuru w’uyu muryango yagerageje guhuza u Rwanda na Congo, habaho umwiherero wahurije i Zanzibar abahagarariye ibi bihugu mu kwezi kwa Karindwi 2024 kugira ngo baganire ku buryo byabana mu mahoro, ariko bisa n’aho izi ntambara ntacyo zatanze.

Minisitiri Bemba, ubushize yanatangaje ko nyuma ya EACJ, Kinshasa izajana ikirego no mu rukiko mpuzamahanga mpanabyaha, ICC, n’urukiko rw’umuryango w’Abibumbye (ICJ).

            MCN.
Tags: EacjMinisitiri BembaRDC yareze uRwanda
Share30Tweet19Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo. Nyuma y'uko bimenyekanye ko Joseph Kabila Kabange wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo...

Read moreDetails
Next Post
Red Tabara yigambye gukubita ikababaza ingabo z’u Burundi mu misozi ya Mwenga.

Red Tabara yigambye gukubita ikababaza ingabo z'u Burundi mu misozi ya Mwenga.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?