Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Hamenyekanye amakuru avuga ko hari ingabo z’u Burundi ziheruka gupfira muri RDC zishwe n’inkuba.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 25, 2024
in Uncategorized
0
Hamenyekanye amakuru avuga ko hari ingabo z’u Burundi ziheruka gupfira muri RDC zishwe n’inkuba.
85
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye amakuru avuga ko hari ingabo z’u Burundi ziheruka gupfira muri RDC zishwe n’inkuba.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Abasirikare 4 bo mu ngabo z’u Burundi, bapfiriye mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, nyuma y’uko bakubiswe n’inkuba.

Muri aba basirikare bane b’ingabo z’u Burundi bakubiswe n’inkuba bakahasiga ubuzima, barimo uwari ufite ipeti rya Major, witwa Rénovat Nzeyimana.
Aya makuru yemeza kandi ko abandi 12 iy’inkuba yabakubise bo barakomereka bikabije.

Nk’uko byavuzwe, icyo gikorwa cyabereye mu bice byo muri teritware ya Kalehe muri Kivu y’Amajy’epfo.

Ku rundi ruhande amakuru ava muri ibyo bice avuga ko muri uku kwezi kwa Cyenda gusa, inkuba imaze gukubita abasirikare b’u Burundi inshuro zine. Ibi ngo bikaba bituma aba basirikare batekereza ko ibi yaba atari inkuba isanzwe ko hubwo yaba ari amarozi y’Abanyekongo, nk’uko byagiye bivugwa ku mbugankoranyambaga.

Igihugu cy’u Burundi gifite ingabo zayo muri RDC zibarirwa mu 10.000, ndetse iyi leta irategekanya kohereza abandi basirikare muri icyo gihugu, uwo mubare ukaba wa kwikuba Kabiri.

Ibyo kuba inkuba yarakubise ingabo z’u Burundi muri Kivu y’Amajy’epfo, Leta y’iki gihugu ntacyo irabivugaho ngwibe yabeshuza cyangwa ngwibyemeze.

Buri musirikare wo mu ngabo z’u Burundi uri kubutaka bwa RDC, perezida Evariste Ndayishimiye amubonaho 5,000 $ za buri kwezi.

          MCN.
Tags: 4Ingabo z'u BurundiInkubaKalehe
Share34Tweet21Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post
Amakuru arambuye ku masezerano u Rwanda na RDC byiteze gusinya.

Amakuru arambuye ku masezerano u Rwanda na RDC byiteze gusinya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?