Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Leta ya Kinshasa yitwaje M23 ku mpanuka y’ubwato yabereye mu kiyaga cya Kivu.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
October 4, 2024
in Uncategorized
0
Havuzwe impamvu ubwato bwarohamiye mu bice biri hafi n’umujyi wa Goma.
92
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta ya Kinshasa yitwaje M23 ku mpanuka y’ubwato yabereye mu kiyaga cya Kivu.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko umutwe wa M23 ariwo nyiribayazana w’impanuka y’ubwato yabereye hafi n’umujyi wa Goma mu kiyaga cya Kivu, ihitana abantu 23 ku munsi w’ejo hashize tariki ya 03/10/2024.

Jean-Jacques Perusi, guverineri w’intara ya Kivu y’Amajy’epfo, yasobanuye ko ubu bwato bwavaga mu gace ka Minova muri teritware ya Kalehe bwarohamye kubera ko bwari bwikoreye ibintu byinshi.

Yagize ati: “Ubwato bwavaga muri Minova bujya i Goma bwarohamiye mu kiyaga cya Kivu, ubwo bwari bugeze mu gace ka Mukwidja muri teritware ya Kalehe; bwari butwaye abagenzi abagenzi bagera kuri 400 ariko nyamara bufite ubushobozi bwo gutwara abagenzi 30.”

Ibiro bya perezida wa RDC, byasobanuye ko ubu bwato bwarohamye ubwo bwari mu ntera ya metero 700 bwerekeza ku cyambu cya Kitutu giherereye mu mujyi wa Goma mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Bivuga kandi ko ubu bwato, abagenzi bari birinze ku nyura mu bice byo ku butaka bigenzurwa n’ingabo za M23 bahitamo kunyura iy’amazi.”

Nyuma igisirikare cya RDC, cyatangaje ko abasirikare bacyo barwanira mu mazi batabaye abantu 58 bari muri ubu bwato, babakuramo ari bazima, kandi ko bakomeje gukora ibishoboka ngo batabare abataraboneka.

Hatangiye iperereza kugira ngo bimenyekane niba koko abantu benshi n’ibicuruzwa ubu bwato bwari butwaye ari byo byateye iyi mpanuka. Guverineri Perusi yatangaje ko abafite aho bahurira n’umutekano w’ingendo zo muri Kivu bashobora gufatirwa ibihano.

             MCN.
Tags: KivuLeta ya KinshasaYitwaje M23
Share37Tweet23Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post
Gen Muhoozi yahaye Amabasaderi w’Amerika igihe ntarengwa cyo kuba yasabye Museveni imbabazi.

Gen Muhoozi yahaye Amabasaderi w'Amerika igihe ntarengwa cyo kuba yasabye Museveni imbabazi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?