Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Hasobanuwe impamvu hashyizweho umunsi wo kwiyiriza ubusa ku isi hose.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
October 5, 2024
in Religion
0
Hasobanuwe impamvu hashyizweho umunsi wo kwiyiriza ubusa ku isi hose.
87
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hasobanuwe impamvu hashyizweho umunsi wo kwiyiriza ubusa ku isi hose.

You might also like

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe.

Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

Papa Francis kubera agahinda yatewe n’ibihugu bikumira impunzi n’abimukira mu gihe isi irembejwe n’intambara n’imihangayiko itewe nayo, yavuze ko ku itariki ya 07/10/2024, abatuye ku isi bose bagomba kwiyiriza ubusa bagatakambira Imana igatanga amahoro.

Tariki ya 07/10/2024 nibwo umutwe wa Hamas wagabye igitero kuri Israel, kigasiga gihitanye abantu 1,200, abandi 250 bagafatwa matekwa, izo tariki n’izo Papa Francis yahisemo ko abantu basengeraho biyirije ubusa, mu rwego rwo kwinginga Imana ngo itange amahoro ku Isi. Yavuze ko uwo munsi abantu bagomba gufata akanya bagasenga kandi bakiyiriza ubusa basengera Intambara ibera hirya no hino ku isi.

Minisiteri y’ubuzima muri Gaza iyobowe na Hamas , yavuze ko muri iyi ntambara bahuye nayo muri uyu mwaka w’2024 yaguyemo abantu 40.000 ndetse barenga.

Ibijanye n’iyi gahunda y’isengesho, ryatangajwe n’umuyobozi wa kiliziya Gatolika y’i Roma, yabitangaje ubwo yasozaga misa yabereye ku kibuga cyitiriwe intumwa y’Imana Petero.

Bikaba byashinzwe hanze n’ibiro bya Vatikani, aho byagize biti: “Papa Francis yatanze ibwiriza ko ‘mu gihe imiyaga y’intambara n’umuriro w’urugomo bikomeje gusenya abantu n’amahanga yose, Umuryango wa gikristo ugomba gukora ibikorwa bya kimuntu.”

Igihe Papa Francis yahamagariraga abantu kwitabira iri sengesho yagize ati: “Reka tugendere hamwe . Reka twumve umwami. Reka tuyoborwe na mwuka.”

Ntabwo ari ubwa mbere Papa Francis ahamagariye abantu batuye Isi yose kwiyiriza ubusa no gusengera agace kose karimo Intambara, kuko yaherukaga no kubikora mu 2013 aho yasabye ko Isi yose isengera Siriya ndetse no mu mwaka w’ 2017 yasabye ko basengera Repubulika ya demokorasi ya Congo na Sudan y’Epfo kugira ngo bigire amahoro.

            MCN.
Tags: amahoroKu Isi yoseKwiyiriza ubusaPapa Francis
Share35Tweet22Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa? Kuri ubu benshi bibaza kuri iki kibazo, aho kuri ubu aho kugira ngo insengero zibe...

Read moreDetails

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Kera kabaye, i Kinshasa bafunze abasirikare bayo ba ba-jenerali benshi.

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe. Umwe mu bahanuzi baherereye muri teritware ya Walungu muri Kivu y'Amajyepfo, yavuze ko ingabo za Congo n'iz'u Burundi zizakubitwa nabi...

Read moreDetails

Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

by Bruce Bahanda
June 1, 2025
0
Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

Kofi akoze amateka mu gucuranga injyana y'igisirimba. Kofi uwo bamwe bakunze kwita Joshua, umucuranzi uri mubakunzwe cyane muri iki gihe mu matorero y'Abanyamulenge yo muri Uganda no ku...

Read moreDetails

Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo.

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
0
Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo.

Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo. Umwe mu bahanuzi bakomeye ku Ndondo ya Bijombo muri Kivu y'Amajyepfo, yabwiye Abanye-Ndondo ubuhanuzi budasanzwe bubateye ubwoba. Mu cyumweru gishize ni...

Read moreDetails

Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika.

by Bruce Bahanda
May 25, 2025
0
Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika.

Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika. Umushumba w'itorero rya All National Assembly of God, Reverend Misigaro Bizimana, yavuze ko igiterane cya Pentecost icyo...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Tshisekedi yivumburiye mu nama ya OIF, ahita ataha itarangiye.

Perezida Tshisekedi yivumburiye mu nama ya OIF, ahita ataha itarangiye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?