• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

RDC yotorewe kuba umunyamuryango mu kanama ka LONI k’uburenganzira bwa muntu.

minebwenews by minebwenews
October 10, 2024
in Regional Politics
0
RDC yotorewe kuba umunyamuryango mu kanama ka LONI k’uburenganzira bwa muntu.
79
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

RDC yotorewe kuba umunyamuryango mu kanama ka LONI k’uburenganzira bwa muntu.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Repubulika ya demokarasi ya Congo, ku munsi w’ejo hashize yatorewe kuba umunyamuryango w’akanama gashinzwe uburenganzira bwa muntu mu muryango w’Abibumbye.

Aya matora yabaye ku wa gatatu tariki ya 09/10/2024, aho yabereye i New York muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ahari icyicaro gikuru cy’umuryango w’Abibumbye.

Bivugwa ko RDC yabaye umunyamuryango waka kanama, nyuma y’uko yari yagize amajwi 172 ku 190 y’abatoye.

Si RDC yonyine yotorewe kwinjira muri aka kanama muri manda ya 2025-2027, kuko hatowe kandi na Benin, Bolive, Colombie, Chypre, Repubulika ya Thèque, Ethiopie, Gambie, Islande, Kenya, Ibirwa bya Marchall, Mexique, Macedonia ya Ruguru, Koreya y’Epfo, Espagne, u Busuwisi na Thaïlande.

Inshingano ibihugu byinjiye muri uyu muryango bifite ni ukugira uruhare mu mirimo ya kariya kanama, harimo guteza imbere no kubungabunga uburenganzira bw’ikiremwamuntu ku Isi.

Icyicaro gikuru cyaka kanama ka LONI k’uburenganzira bwa muntu, kiri i Geneve mu Busuwisi. Aka kanama kakaba kagizwe n’ibihugu binyamuryango 47.

Inshingano nyamakuru zako ni ugushimangira guteza imbere no kurengera uburenganzira bwa muntu ku Isi hose, gusuzuma ibivugwa ko hari ihohoterwa ry’uburenganzira bwa muntu, no gutanga ibyifuzo by’uko byakemurwa.

         MCN.
Tags: Akanama ka LONIRdcUburenganzira bwa muntuYatorewe kuba umunyamuryango
Share32Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo wa menya ku muyaga udasanzwe watumye ibintu byinshi byangirika muri Florida.

Ibyo wa menya ku muyaga udasanzwe watumye ibintu byinshi byangirika muri Florida.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?