Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

RDC yotorewe kuba umunyamuryango mu kanama ka LONI k’uburenganzira bwa muntu.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
October 10, 2024
in Regional Politics
0
RDC yotorewe kuba umunyamuryango mu kanama ka LONI k’uburenganzira bwa muntu.
79
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

RDC yotorewe kuba umunyamuryango mu kanama ka LONI k’uburenganzira bwa muntu.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Repubulika ya demokarasi ya Congo, ku munsi w’ejo hashize yatorewe kuba umunyamuryango w’akanama gashinzwe uburenganzira bwa muntu mu muryango w’Abibumbye.

Aya matora yabaye ku wa gatatu tariki ya 09/10/2024, aho yabereye i New York muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ahari icyicaro gikuru cy’umuryango w’Abibumbye.

Bivugwa ko RDC yabaye umunyamuryango waka kanama, nyuma y’uko yari yagize amajwi 172 ku 190 y’abatoye.

Si RDC yonyine yotorewe kwinjira muri aka kanama muri manda ya 2025-2027, kuko hatowe kandi na Benin, Bolive, Colombie, Chypre, Repubulika ya Thèque, Ethiopie, Gambie, Islande, Kenya, Ibirwa bya Marchall, Mexique, Macedonia ya Ruguru, Koreya y’Epfo, Espagne, u Busuwisi na Thaïlande.

Inshingano ibihugu byinjiye muri uyu muryango bifite ni ukugira uruhare mu mirimo ya kariya kanama, harimo guteza imbere no kubungabunga uburenganzira bw’ikiremwamuntu ku Isi.

Icyicaro gikuru cyaka kanama ka LONI k’uburenganzira bwa muntu, kiri i Geneve mu Busuwisi. Aka kanama kakaba kagizwe n’ibihugu binyamuryango 47.

Inshingano nyamakuru zako ni ugushimangira guteza imbere no kurengera uburenganzira bwa muntu ku Isi hose, gusuzuma ibivugwa ko hari ihohoterwa ry’uburenganzira bwa muntu, no gutanga ibyifuzo by’uko byakemurwa.

         MCN.
Tags: Akanama ka LONIRdcUburenganzira bwa muntuYatorewe kuba umunyamuryango
Share32Tweet20Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo wa menya ku muyaga udasanzwe watumye ibintu byinshi byangirika muri Florida.

Ibyo wa menya ku muyaga udasanzwe watumye ibintu byinshi byangirika muri Florida.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?