• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Haravugwa ukutavuga rumwe gukomeye hagati ya perezida Macron na Netanyahu wa Israel.

minebwenews by minebwenews
October 17, 2024
in Regional Politics
0
Haravugwa ukutavuga rumwe gukomeye hagati ya perezida Macron na Netanyahu wa Israel.
70
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Haravugwa ukutavuga rumwe gukomeye hagati ya perezida Macron na Netanyahu wa Israel.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron na minisitiri w’intebe wa Israel Benjamin Netanyahu ukutumvikana kwabo kugenda gufata indi ntera bapfa Liban.

Kuva tariki ya 23/09/2024, ingabo za Israel zatangije ibitero muri Liban ku birindiro by’uyumutwe wa Hezbollah, byaje no kugwamo umuyobozi w’uyu mutwe Hassan Nasrallah.

Ikindi kandi ibi bitero bya Israel byaje kwaguka ndetse ingabo zayo zinjira muri Liban aho zikomeje kurwanirayo n’abarwanyi b’umutwe wa Hezbollah.

Ibi bitero hari abo bitaguye neza barimo na perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa, igihugu gifitanye amateka na Liban.

Byaje kuba bibi ubwo minisitiri w’intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yasabaga umuryango w’Abibumbye, UN, gukura ingabo zawo muri Liban.

Netanyahu yashinjiga izi ngabo za UN guha abarwanyi ba Hezbollah ubuhungiro. Ibi perezida Emmanuel Macron akimbyumva yikomye Netanyahu wa Israel, u Bufaransa aribwo bufite ingabo nyinshi muri izo ngabo z’umuryango w’Abibumbye.

Mu nama y’abaminisitiri yabaye ku wa Kabiri tariki 15/10/2024, perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yabwiye Netanyahu ko igihugu ayoboye cyashinzwe n’icyemezo cya UN.

Yagize ati: “Bwana Netanyahu, nta gomba kwibagirwa ko igihugu cye, cyaremwe n’umwanzuro wa UN mu 1947 ubwo inteko rusange y’umuryango w’Abibumbye yatoraga icyemezo cyo kugabanya Palestine ibice bibiri, hakavamo ubutaka bw’Abayahudi n’ubw’Abarabu.”

Ni amagambo yarakaje minisitiri w’intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, byatumye asubiza Macron ko Israel yabayeho kubera intambara yo kwihorera.

Yagize ati: “Ndibutsa perezida w’u Bufaransa, ko umwanzuro wa UN atariwo washinze Leta ya Israel, yashinzwe n’intsinzi y’intambara y’ubwingenge yarwanwe n’indwanyi z’amaraso y’ubutsinzi.”

Macron na Netanyahu muri ibi bihe ntibari guhuza ku ntambara za Israel ni mu gihe uyu mutegetsi w’u Bufaransa aherutse kumvikana avuga ko Israel ikwiriye guhagarikirwa guhabwa imbunda.

          MCN.
Tags: IsraelMacronNetanyahu
Share28Tweet18Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Muri Nigeria Impanuka idasanzwe yahitanye abarenga 150.

Muri Nigeria Impanuka idasanzwe yahitanye abarenga 150.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?