Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Ibyo wa menya ku gitabo cya satani ariwe rusoferi (sekibi).

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
October 22, 2024
in Religion
0
Ibyo wa menya ku gitabo cya satani ariwe rusoferi (sekibi).
80
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo wa menya ku gitabo cya satani ariwe rusoferi (sekibi).

You might also like

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe.

Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

Ni igitabo kizwi nka Codex Gigas, bivuze ngo nigitabo kinini. Iki ni igitabo cyandikishijwe intoki cyagaragaye ku Isi mu binyejana bishize.

Ni igitabo gifite uburebure bwa santimetero 36, kikaba gifite ubugari bwa santimetero 20, kandi gipima ibiro 165 bisaba ko kugira ngo usome iki gitabo ucyumve, ugomba kuba warize ikilatini kuko cyanditswe muri urwo ririmi, nk’uko byatangajwe.

Dukurikije amateka ya Codex yakozwe na Herman The Recluse ubwo yari mu kigo cy’abihaye Imana cya Benedigito giherereye i Podlazice hafi ya Chrudim muri Repubulika ya Ceki yasenywe mu kinyejana cya 15 mu gihe cya Revolution ya Hussite, ariko ubu kibarizwa mu nzu ndangamurage y’umujyi wa Chrast.

Avuga ko iki gitabo cya sekibi ko cyavumbuwe mu kigo cy’abihaye Imana mu 1844 n’umuhanga mu bya Bibiriya wo mu Budage akaba n’umuhanga mu bucukumbuzi bw’ibyataburuwe mu matongo, witwa Constantin Von Tischendorf ahagana mu mwaka w’ 181574. Yavuze ko yasanze impapuro z’iki gitabo mu gitebo cyibyataburuwe, ariko iy’ingingo ntiyayemeranyijeho n’Abamonaki, kuko bo bavuga ko kitataburuwe ko hubwo cyanditswe n’uwo muhanga.

Gusa ibiri muri iki gitabo, nk’uko babigaragaje, bavuga ko kugaragaza ububasha buri muri sekibi kandi ko abugaragariza mu bamwubaha nabagerageza gukorera imbaraga z’umwijima.

Ariko nubwo biruko nta kindi kiruta kubaha Imana isumba byose, ise w’umwami wacu Yesu Kristo, kuko niyo igenga ibihe igategeka ibiri mu ijuru, ku Isi no munsi y’isi n’ahandi tutabashaka kumenya naho tutagera.

      MCN.
Tags: Codex Gigassekibi
Share32Tweet20Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa? Kuri ubu benshi bibaza kuri iki kibazo, aho kuri ubu aho kugira ngo insengero zibe...

Read moreDetails

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Kera kabaye, i Kinshasa bafunze abasirikare bayo ba ba-jenerali benshi.

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe. Umwe mu bahanuzi baherereye muri teritware ya Walungu muri Kivu y'Amajyepfo, yavuze ko ingabo za Congo n'iz'u Burundi zizakubitwa nabi...

Read moreDetails

Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

by Bruce Bahanda
June 1, 2025
0
Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

Kofi akoze amateka mu gucuranga injyana y'igisirimba. Kofi uwo bamwe bakunze kwita Joshua, umucuranzi uri mubakunzwe cyane muri iki gihe mu matorero y'Abanyamulenge yo muri Uganda no ku...

Read moreDetails

Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo.

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
0
Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo.

Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo. Umwe mu bahanuzi bakomeye ku Ndondo ya Bijombo muri Kivu y'Amajyepfo, yabwiye Abanye-Ndondo ubuhanuzi budasanzwe bubateye ubwoba. Mu cyumweru gishize ni...

Read moreDetails

Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika.

by Bruce Bahanda
May 25, 2025
0
Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika.

Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika. Umushumba w'itorero rya All National Assembly of God, Reverend Misigaro Bizimana, yavuze ko igiterane cya Pentecost icyo...

Read moreDetails
Next Post
Hamenyekanye impamvu ingabo za FARDC mu Minembwe zabyukanye umujagararo.

Hamenyekanye impamvu ingabo za FARDC mu Minembwe zabyukanye umujagararo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?