• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Itombwe: Rwongeye kwambikana hagati ya Red-Tabara n’ingabo z’u Burundi.

minebwenews by minebwenews
October 25, 2024
in Regional Politics
0
Itombwe: Rwongeye kwambikana hagati ya Red-Tabara n’ingabo z’u Burundi.
81
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Itombwe: Rwongeye kwambikana hagati ya Red-Tabara n’ingabo z’u Burundi.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ku munsi w’ejo hashize tariki ya 24/10/2024, mu duce two muri Secteur ya Itombwe, teritwari ya Mwenga hongeye kuba imirwano ikaze hagati ya barwanyi ba Red-Tabara n’ingabo z’u Burundi zo mu itsinda rya TAFOC, nk’uko iy’inkuru tuyikesha amasoko yacu atandukanye.

Kuva mu ntangiriro z’uku kwezi turimo, umutwe wa Red-Tabara urwanya ubutegetsi bw’u Burundi wakomeje kugabwaho ibitero by’ingabo z’u Burundi ku bufasha bw’ingabo za Repubulika ya demokorasi ya Congo (Fardc) na Maï Maï.

N’i bitero byagiye bigabwa mu karere ka Mibunda, akari kamaze kuba indiro y’abarwanyi ba Red-Tabara, aho ndetse iz’i nyeshmba zahise zinahungira mu mashyamba ya Mwenga nka za Rungurungu n’ahandi, nyuma yuko aba barwanyi bari bamaze gusenyerwa ibirindiro byabo byo muri aka gace ka Mibunda.

Amasoko yacu avuga kur’iy’inkuru, avuga ko “ahar’ejo tariki ya 24/10/2024, habaye urugamba rukomeye hagati y’aba barwanyi ba Red-Tabara n’ingabo z’u Burundi, Maï Maï na FARDC.” Bikavugwa ko iyo mirwano yabereye ahitwa Asembwe ho muri Secteur ya Itombwe, teritwari ya Mwenga, mu ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Nk’uko iy’inkuru ikomeza ibivuga, iyi mirwano yatangiye amasaha y’igicamunsi, isaha zitandatu zija gushyira muri saa Saba ku musaha yo mu Burasirazuba bwa RDC, iza kugeza mu kagoroba kajoro, nyuma yuko Red-Tabara yari yayabangiye ingata ihungira muri ariya mashyamba ya Mwenga.

Nubwo iyi mirwano isa niyoroshye, ariko imaze kwangiriza byinshi harimo ko abaturage babarigwa muri mirongo bo muri ibyo bice biberamo iyi mirwano bamaze guta amazu yabo, amatungo yabo anyagwa umunsi ku wundi, ndetse Inka z’Abanyamulenge zirenga 50, ejo nyine zaranyazwe, tutibagiwe n’abasivili barindwi bamaze kuyitakarizajemo ubuzima.

Ahanini abaturage bataye ibyabo, ni abo muri Gipupu, Asembwe no mu nkengero zaho.

Hati aho, kugeza ubu impande zihanganye, zikomeje kurebana ayingwe.

             MCN.
Tags: ImirwanoIngabo z'u BurundiMibundaRed tabara
Share32Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Barack Obama mu rugendo rwo kwamamaza Kamala Harris.

Barack Obama mu rugendo rwo kwamamaza Kamala Harris.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?