• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Barack Obama mu rugendo rwo kwamamaza Kamala Harris.

minebwenews by minebwenews
October 25, 2024
in Regional Politics
0
Barack Obama mu rugendo rwo kwamamaza Kamala Harris.
84
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Barack Obama ari kwamamaza Kamala Harris.

You might also like

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Barack Obama wahoze ari perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, akomeje urugendo rwo gukundisha Abanyamerika, Kamala Harris uwo bahuriye mu ishyaka ry’Abademokarate.

Uyu Kamala Harris niwe uri guhatanira umwanya w’umukuru w’igihugu cya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, aho ahanganye na Donald Trump usanzwe ari uwo mu ishyaka ry’Abarepubulika.

Gusa, Kamala Harris ari guhabwa amahirwe menshi yo kuyobora iki gihugu cya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

Ariko kandi ku rundi ruhande, benshi bavuga ko Kamala ashobora kutazatsinda aya matora bivanye n’uburyo imyanya itangwa muri iki gihugu cy’igihangange cya Amerika, dore ko Joe Biden uyuboye iki gihugu ari umu Demokarate kimwe na Kamala wari umwungirije na Barack Obama ushigikiye Kamala Harris, bityo mu buryo bwo gusangira ubutegetsi Donald Trump agahabwa aya mahirwe.

Barack Obama uri kwamamaza Kamala Harris yabaye perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika wa 44 kuva mu 2009 kugeza muri 2017. Yari yungirijwe na Joe Biden uyuboye iki gihugu kuri uyu munsi, akaba ashobora gusimburwa na Harris Kamala ushyigikiwe na Barack Obama mu gihe Donald Trump we ashigikiwe na Elon Musk nyiri Spaceship, Al n’urubuga rwa x.

Donald Trump yabaye perezida wa 45 wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika asimbuye Barack Obama nawe asimburwa na Joe Biden wa 46 uzajyaho azaba uwa 47.

           MCN.
Tags: AmerikaBarack ObamaKwamamazaMu rugendo
Share34Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Tshisekedi yavuze umwanzi ahanganye nawe byanyabyo.

Perezida Tshisekedi yavuze umwanzi ahanganye nawe byanyabyo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?