• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo za FARDC n’abambari bazo bahuye n’uruva gusenya muri Kivu Yaruguru.

minebwenews by minebwenews
November 3, 2024
in Regional Politics
0
Ingabo za FARDC n’abambari bazo bahuye n’uruva gusenya muri Kivu Yaruguru.
101
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo za FARDC n’abambari bazo bahuye n’uruva gusenya muri Kivu Yaruguru.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ku munsi w’ejo hashize, itariki ya 02/11/2024, igitero ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta zagabye mu birindiro bya M23 cyasigiye n’ubundi abakigabye amarira menshi nyuma yo kugikubitirwamo bakagitakarizamo n’ibikoresho bya gisirikare, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Iki gitero uruhande rw’ingabo za RDC zagikoze kuri uyu wa Gatandatu igihe c’isaha z’igicamunsi, bakigaba mu birindiro bya M23 biherereye ahitwa Gisuma na Kaniro ho muri Gatare muri teritware ya Masisi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ni igitero amakuru agera kuri Minembwe Capital News avuga ko kitigeze gihira ingabo zirimo iza FARDC, FDLR, Wazalendo, ingabo z’u Burundi na SADC.
Ni mu gihe abarwanyi ba M23 birwanyeho bakubita ziriya ngabo batabarira, kugeza aho bazitawanyikishije mu duce twinshi two muri ibyo bice.

Aya makuru agira ati: “Ejo umwanzi(adui) yari yateye arakubitwa cyane. Yari yateye ahitwa Gisuma ni muri Gatare.”

Usibye kuba ingabo za Tshisekedi zarashwiragijwe mu misozi iherereye muri grupema ya Gatare, aya makuru anavuga ko za mbuwe n’ibikoresho bya gisirikare, ariko ahanini ibigwiriyemo imbunda nto zo mu bwoko bwa AK-47.

Iyi mirwano ije ikurikira iheruka kubera mu bice byo muri teritware ya Lubero nka hitwa Katwa na Bambo muri Rutshuru ndetse n’indi yari imaze iminsi ibera muri Walikale.

Nubwo uruhande rwa Leta arirwo rukunze gushotora urwa M23, bivugwa ko uyu mutwe wo ukomeza kwigarurira ubutaka bwo muri iyi Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Tubibutsa ko intambara ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwanirira ubutegetsi bwa Kinshasa, imaze imyaka itatu. Buri ruhande rushinja urwabo gushotora urundi.

Tags: FardcKatareM23
Share40Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
FARDC yahawe imyitozo iyifasha guhashya umutwe wa M23.

FARDC yahawe imyitozo iyifasha guhashya umutwe wa M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?