Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo za FARDC n’abambari bazo bahuye n’uruva gusenya muri Kivu Yaruguru.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 3, 2024
in Regional Politics
0
Ingabo za FARDC n’abambari bazo bahuye n’uruva gusenya muri Kivu Yaruguru.
101
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo za FARDC n’abambari bazo bahuye n’uruva gusenya muri Kivu Yaruguru.

You might also like

RDC yagize icyo ivuga ku Rwanda rwikuye mu muryango wa CEEAC.

Kajugujugu y’Ingabo z’u Burundi yafashwe n’inyeshyamba.

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Ku munsi w’ejo hashize, itariki ya 02/11/2024, igitero ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta zagabye mu birindiro bya M23 cyasigiye n’ubundi abakigabye amarira menshi nyuma yo kugikubitirwamo bakagitakarizamo n’ibikoresho bya gisirikare, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Iki gitero uruhande rw’ingabo za RDC zagikoze kuri uyu wa Gatandatu igihe c’isaha z’igicamunsi, bakigaba mu birindiro bya M23 biherereye ahitwa Gisuma na Kaniro ho muri Gatare muri teritware ya Masisi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ni igitero amakuru agera kuri Minembwe Capital News avuga ko kitigeze gihira ingabo zirimo iza FARDC, FDLR, Wazalendo, ingabo z’u Burundi na SADC.
Ni mu gihe abarwanyi ba M23 birwanyeho bakubita ziriya ngabo batabarira, kugeza aho bazitawanyikishije mu duce twinshi two muri ibyo bice.

Aya makuru agira ati: “Ejo umwanzi(adui) yari yateye arakubitwa cyane. Yari yateye ahitwa Gisuma ni muri Gatare.”

Usibye kuba ingabo za Tshisekedi zarashwiragijwe mu misozi iherereye muri grupema ya Gatare, aya makuru anavuga ko za mbuwe n’ibikoresho bya gisirikare, ariko ahanini ibigwiriyemo imbunda nto zo mu bwoko bwa AK-47.

Iyi mirwano ije ikurikira iheruka kubera mu bice byo muri teritware ya Lubero nka hitwa Katwa na Bambo muri Rutshuru ndetse n’indi yari imaze iminsi ibera muri Walikale.

Nubwo uruhande rwa Leta arirwo rukunze gushotora urwa M23, bivugwa ko uyu mutwe wo ukomeza kwigarurira ubutaka bwo muri iyi Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Tubibutsa ko intambara ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwanirira ubutegetsi bwa Kinshasa, imaze imyaka itatu. Buri ruhande rushinja urwabo gushotora urundi.

Tags: FardcKatareM23
Share40Tweet25Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

RDC yagize icyo ivuga ku Rwanda rwikuye mu muryango wa CEEAC.

by Bruce Bahanda
June 10, 2025
0
Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

RDC yagize icyo ivuga ku Rwanda rwikuye mu muryango wa CEEAC. Abategetsi ba Repubulika ya demokarasi ya Congo, bagaragaje impungenge zikomeye nyuma y'aho u Rwanda rwikuye mu muryango...

Read moreDetails

Kajugujugu y’Ingabo z’u Burundi yafashwe n’inyeshyamba.

by Bruce Bahanda
June 10, 2025
0
Kajugujugu y’Ingabo z’u Burundi yafashwe n’inyeshyamba.

Kajugujugu y'Ingabo z'u Burundi yafashwe n'inyeshyamba. Umutwe w'iterabwoba wa Al-Shabaab urwanya ubutegetsi bwo muri Somalia watangaje ko ari wo wateye igisasu gishwanyaguza kajugujugu y'igisirikare cy'u Burundi yo mu...

Read moreDetails

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y'uko RDC iyitambitse imbere. Igihugu cy'u Rwanda cyikuye mu muryango wa CEEAC nyuma y'aho Repubulika ya demokarasi ya Congo ikibangamiye. Uyu mwanzuro u...

Read moreDetails

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails
Next Post
FARDC yahawe imyitozo iyifasha guhashya umutwe wa M23.

FARDC yahawe imyitozo iyifasha guhashya umutwe wa M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?