• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abayobozi ba RDC bagaragaje icyabababaje ubwo minisitiri w’ubanyi n’amahanga w’u Rwanda yageze i Goma.

minebwenews by minebwenews
November 8, 2024
in Regional Politics
1
Abayobozi ba RDC bagaragaje icyabababaje ubwo minisitiri w’ubanyi n’amahanga w’u Rwanda yageze i Goma.
107
SHARES
2.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abayobozi ba Kinshasa bagaraje icyabababaje ubwo minisitiri w’ubabanye n’amahanga w’u Rwanda yageze i Goma.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Inteko inshinga amategeko ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yarakariye Leta y’iki gihugu, kubera isaluti abasirikare ba FARDC bahaye minisitiri w’ubabanye n’amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe ubwo yageraga i Goma mu Burasirazuba bw’iki gihugu.

Mu ntangiriro z’iki Cyumweru ahagana ku wa kabiri tariki ya 05/11/2024, nibwo minisitiri w’ubabanye n’amahanga w’u Rwanda yari i Goma, akaba yari yitabiriye ibikorwa byishirwaho rya komisiyo ihuriyemo RDC, u Rwanda na Angola ishinzwe kugenzura iyubahirizwa ry’imyanzuro ya Luanda.

Ubwo bwana Olivier Nduhungirehe yageraga i Goma yakiriwe na guverineri w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru, major Gen Peter Cirumwami wari kumwe n’abarimo umukuru wa Polisi muri Kivu Yaruguru, ari nabwo bamutereye isaluti cyangwa kumuha icyubahiro cya gisirikare.

Ibi byatumye abadepite ba RDC ubwo bari bateranye ku wa kane bagiye impaka ku mushinga werekeye kongera ibihe bidasanzwe bya gisirikare mu ntara za Kivu y’Amajyaruguru na Ituri, Vital Kamerhe uyoboye inteko ishinga mategeko ya Congo yavuze ko we na bagenzi be bababajwe n’icyubahiro Nduhungirehe yahawe.

Kamerhe yanahise asaba minisitiri w’ungirije w’ubutabera, Samuel Mbemba, kugeza kuri minisitiri w’intebe, Judith Suminwa uburakari bw’abagize inteko ishinga mategeko kubera ibyabaye.

Yagize ati: “Icya nyuma kireba minisitiri w’intebe, ni uburakari bwacu kuri minisitiri w’ubabanye n’amahanga w’u Rwanda akigera i Goma. Si bibi kuko dushyigikiye amahoro, ariko kuba dushobora kumuha ibyubahiro byinshi, bigakorwa na guverineri wa gisirikare n’ukuriye Polisi mu ntara mbona bikomeye cyane, ndetse ntituzi ibyo turimo gukora.”

Kamerhe yavuze ko minisitiri w’intebe agomba kumenyeshwa ko ubutaha Nduhungirehe nasubira muri RDC adakwiye gutererwa isaluti ya gisirikare, ngo kuko n’abaminisitiri b’abanyekongo iyo bageze mu Rwanda badahabwa icyo cyubahiro.

Ati: “Mu mujyi wa Goma wahowe Imana, twakiriye minisitiri w’ubabanye n’amahanga w’u Rwanda hanyuma guverineri wa gisirikare akaba ari we bishishikaza? Akabikora ari kumwe n’umuyobozi wa polisi mu ntara! Turabyanze, ubibwire madamu minisitiri w’intebe. Abadepite bose b’igihugu byabababaje.”

Tags: IsalutiNduhungirehe
Share43Tweet27Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Perezida w’u Burusiya, yageneye ubutumwa Donald Trump agira nibyo asezeranya ku bihugu byombi.

Perezida w'u Burusiya, yageneye ubutumwa Donald Trump agira nibyo asezeranya ku bihugu byombi.

Comments 1

  1. Ensuent says:
    10 months ago

    priligy medication We also vacationed, taking a barge trip in the south of France as part of our October 2007 trip, spending a week with Eve s brother and his family on Edisto Island in South Carolina in January 2008, and spending several days at a chateau in the wine country as part of our trip to Bordeaux

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?