Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Trump uheruka gutorwa kuyobora Amerika yagize umuherwe w’inshuti ye minisitiri.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 13, 2024
in Regional Politics
0
Trump uheruka gutorwa kuyobora Amerika yagize umuherwe w’inshuti ye minisitiri.
76
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Trump uheruka gutorwa kuyobora Amerika yagize umuherwe w’inshuti ye minisitiri.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Donald Trump uheruka gutsinda amatora y’umukuru w’igihugu muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yatoranyije umuherwe wa mbere ku Isi Elon Musk amugira minisitiri wo kunoza imikorere ya Leta, ndetse n’abandi.

Trump yavuze ko Elon Musk azafatanya na Vivek Ramaswamy umushoramari mu by’imiti, abaha inshingano zirimo kuvugurura inzego za Leta, no kugabanya gusesagura kwa Leta.

Aba bombi bazaba abajyanama mu biro bya perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika (White House), nk’uko byatangajwe na Donald Trump akoresheje urubuga rwa x.

Mbere yo guha aba bombi aka kazi, yatangaje ko Pete Hegseth umunyamakuru wa Fox News(igitangaza makuru kivuga inkuru za politiki) wahoze ari umusirikare, ari we uzaba minisitiri w’ingabo, naho John Ratcliff wahoze ari umudepite wa Texas n’umushinjacyaha akayobora urwego rw’ubutasi rwa CIA.

Mu minsi mike ishize, Musk wagizwe minisitiri yavuze ko Leta ya Amerika igomba kugabanya nibura tiriyari 2$ kuyo ikoresha, ni hafi kimwe cya gatatu cy’ingengo y’imari, gusa ntiyatanze amakuru arambuye uko byakorwa.

Yavuze kandi ko hakwiye kuvaho ibigo amagana bya Leta , avuga ko byinshi muri byo hari inshingano bigonganiramo.

Hagati aho, kuva mu Cyumweru gishize ifaranga ry’ikoranabuhanga rya Degecoin Musk ateza imbere, ryazamuye cyane agaciro karyo.

Si abo bonyine bwana Donald Trump yashyize muri Guverinoma kuko ku wa kabiri yasohoye amatangazo menshi ashyira mu myanya abategetsi bazakorana, barimo John Ratcliff yashize CIA, na Kristi Noem yagize ushinzwe ubutegetsi bw’igihugu.

Tags: Elon muskMinisitiriTrump
Share30Tweet19Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Havuzwe ibikomeje kugayisha igisirikare cya FARDC, nyuma y’ibyo bakoreye ku Ndondo.

Havuzwe ibikomeje kugayisha igisirikare cya FARDC, nyuma y'ibyo bakoreye ku Ndondo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?