• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Semwanuke wari umaze igihe yaraburiwe irengero, yageze mu muryango we.

minebwenews by minebwenews
November 20, 2024
in Religion
1
Semwanuke wari umaze igihe yaraburiwe irengero, yageze mu muryango we.
131
SHARES
3.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Semwanuke wari umaze igihe yaraburiwe irengero, yageze mu muryango we.

You might also like

Nyuma yo gutakamba kwa Theo, itorero riyobowe na Bishop Masengo ryamuteye inkunga

Umuyobozi w’Impunzi i Nakivale yatanze ubutumwa mu ijambo ry’Imana abugenera abatuye isi yose

Ev.Chantal yavuze imico igomba kuranga abakristu, anenga nanone n’abitandukanya n’imiryango yabo

Nitezeho Semwanuke, wari umaze amezi atatu yaraburiwe irengero, umuryango we, wongeye ku mubona unasaba inshuti n’abavandimwe gufatikanya bagahimbaza Imana, iyo bavuga ko yamubagaruriye akiri muzima.

Mu mpera z’u kwezi kwa Karindwi uyu mwaka, Semwanuke yarashimuswe, ashimutirwa muri Tanzania.
Icyo gihe byanavuzwe ko yashimuswe nyuma y’uko yari avuye ku kazi aho yapagasirizaga mu nkambi y’impunzi ya Nyarugusu.

Byanasobanuwe ko “ubwo yavaga ku kazi yerekeza iwe, yaje guhagarikwa n’imodoka ifite ibirahuri bya Fime, maze abari bayirimo bamutegeka guhita ayinjiramo ako kanya, niko kujanwa ahatarigeze hamenyekana.”

Nyuma yubwo, nti byatinze, umuryango Semwanuke avukamo, wanzuye ko umugore we n’abana be, kuva muri Tanzania akerekeza i Musasa mu Burundi aho ise(papa wa Semwanuke) yahungiye intambara zo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo. Nawe arabyemera.

Rero, ahar’ejo tariki ya 19/11/2024, ni bwo Semwanuke yageze mu be, aho bari mu nkambi y’impunzi ya Musasa.
Ibi bikaba byarashimishije umuryango we, ari nabyo bikomeje gutuma bahimbaza Imana.

Umwe wo mu muryango we, witwa Jackson, yatanze ubutumwa bwanditse amenyesha inshuti n’abavandimwe be, agira ati: “Yesu yagize neza, kuba yongeye kutugarurira murumuna wacu wari waraburiwe irengero muri Tanzania. Mudufashe kuzamurira Imana icyubahiro.”

Mu makuru yakomeje kuvugwa nyuma y’uko uyu mugabo yongeye kugaruka mu muryango we, avuga ko “yari yarashimutanwe n’Abarundi basanzwe nabo ari impunzi muri Tanzania.”

Gusa, Semwanuke we ntacyo aratangaza kinini ku byerekeye ishimutwa rye.

Hagati aho, tuzagerageza ku mwegera kugira ngo avuge amakuru arambuye kuri iyo mpanuka yahuye nayo.

Tags: MusasaSemwanukeTanzaniaYashimuswe
Share52Tweet33Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Nyuma yo gutakamba kwa Theo, itorero riyobowe na Bishop Masengo ryamuteye inkunga

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Nyuma yo gutakamba kwa Theo, itorero riyobowe na Bishop Masengo ryamuteye inkunga

Nyuma yo gutakamba kwa Theo, itorero riyobowe na Bishop Masengo ryamuteye inkunga Itorero riherereye i Kigali mu Rwanda rya Foursquare, riyobowe na Bishop Fidel Masengo, ryafashije umuririmbyi uririmba...

Read moreDetails

Umuyobozi w’Impunzi i Nakivale yatanze ubutumwa mu ijambo ry’Imana abugenera abatuye isi yose

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Umuyobozi w’Impunzi i Nakivale yatanze ubutumwa mu ijambo ry’Imana abugenera abatuye isi yose

Umuyobozi w'Impunzi i Nakivale yatanze ubutumwa mu ijambo ry'Imana abugenera abatuye isi yose Ngendahayo Justin, Umuyobozi w'Impunzi mu ikambi z'icyumbikiwemo y'i Nakivale, ha herereye mu majy'Epfo ya Uganda,...

Read moreDetails

Ev.Chantal yavuze imico igomba kuranga abakristu, anenga nanone n’abitandukanya n’imiryango yabo

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
0
Ev.Chantal yavuze imico igomba kuranga abakristu, anenga nanone n’abitandukanya n’imiryango yabo

Ev.Chantal yavuze imico igomba kuranga abakristu, anenga nanone n'abitandukanya n'imiryango yabo Evangelist Chantal Nyamazaire, kuri iki cyumweru tariki ya 12/10/2025, mu nyigisho yabwirije, yavuze ku myitwarire igomba kuranga...

Read moreDetails

Dr Sebitereko yavuze icyo Abanyamulenge bagomba guharanira

by Bahanda Bruce
October 9, 2025
0
Dr Sebitereko yavuze icyo Abanyamulenge bagomba guharanira

Dr Sebitereko yavuze icyo Abanyamulenge bagomba guharanira Dr Lazare Sebitereko Rukundwa, umuyobozi mukuru w'ishuri rya kaminuza rya UEMI rifite icyicaro gikuru mu Minembwe, ahazwi nk'umurwa mukuru w'i Mulenge...

Read moreDetails

Urusika rwari hagati ya 8ème CEPAC na 37ème CADEC rwakuweho-ubuhamya

by Bahanda Bruce
October 7, 2025
0
CEPAC na CADEC nyuma y’igihe kirere bapingana, bahuye basabana imbabazi, inkuru irambuye

Urusika rwari hagati ya 8ème CEPAC na 37ème CADEC rwakuweho-ubuhamya Amatorero abiri yapinganaga kuva mu myaka 40 ishyize, 8ème CEPAC na 37ème CADEC, yasabanye imbabazi mu Minembwe arababarirana,...

Read moreDetails
Next Post
Abandi basirikare benshi b’u Burundi baguye mu mirwano muri Kivu Yaruguru.

Abandi basirikare benshi b'u Burundi baguye mu mirwano muri Kivu Yaruguru.

Comments 1

  1. Muhoza Willy says:
    11 months ago

    Imana ihabwe icyubahiro yamugaruye ari muzima.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?