Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Maï Maï yagabweho igitero gikaze mu Mibunda.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 26, 2024
in Regional Politics
0
Maï Maï yagabweho igitero gikaze mu Mibunda.
111
SHARES
2.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Maï Maï yagabweho igitero gikaze mu Mibunda.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Umutwe witwaje imbunda wa Red-Tabara urwanya ubutegetsi bw’u Burundi, ukaba ukorera mu misozi miremire y’Imulenge muri Kivu y’Amajy’epfo, mu gicyuku cyo kuri uyu wa mbere tariki ya 25/11/2024, wateye ibirindiro bya Maï Maï bya Tabunde biherereye mu Mibunda, muri teritware ya Mwenga.

Igihe c’isaha ya saa Cyenda z’urukerera rwo kuri uyu wa mbere, ni bwo amasasu y’imbunda nto n’iziremereye yumvikanye ku bantu bari mu Mikenke na Gipupu, ni nyuma y’uko Maï Maï yarimaze guterwa mu birindiro byayo bya Tabunde.

Uyu mutwe wa Red-Tabara mu kugaba iki gitero, warasiye Maï Maï mu mpande zose zibi birindiro, uza no kubiha inkongi y’umuriro birasha birakongoka.

Nyuma y’imirwano, aho hafi nahagabwe icyo gitero, hatoraguwe imirambo ine y’abarwanyi bo mu mutwe wa Maï Maï. Mu gihe bivugwa ko abakomeretse bo bataramenyekana, ariko ko bashobora kuba ari benshi cyane.

Inkomeri zitaramenyekana umubare wazo, zikorewe zivanwa muri ako gace, zijanwa ku bitaro bikuru bya Minkenke, kugira ngo zitabweho.

Ku ruhande rwa Red-Tabara nta kiramenyekana kuboba baguye muri icyo gitero, cyangwa bagikomerekeyemo.

Aya makuru avuga ko urusaku rw’imbunda ko rwacyecyetse igihe c’isaha zi tatu zo muri iki gitondo.

Iki gitero cy’uyu mutwe gisa nk’icyo kwihimura, ni mu gihe mu kwezi gushize ndetse no muri iyi minsi yavuba, Ingabo z’u Burundi, FARDC na Maï Maï, byagiye birasa, bikanasenya uduce twarimo Red-Tabara muri Mibunda no mu Lulenge.

Ndetse, ubushyizeho, hari n’abarwanyi 7 b’uyu mutwe wa Red-Tabara bafashwe matekwa, bikavugwa ko ari Maï Maï Maï yabafashe.

Tags: IbiteroMibundaRed-TabaraTabunde
Share44Tweet28Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Leta ya Kigali yanenze amagambo ya minisitiri w’ubutabera wa RDC aheruka kuvugira i Goma.

Leta ya Kigali yanenze amagambo ya minisitiri w'ubutabera wa RDC aheruka kuvugira i Goma.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?