Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I Makenda hagaragaye FDLR nyinshi hamenyekana n’icyo zigambiriye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 29, 2024
in Regional Politics
0
I Makenda hagaragaye FDLR nyinshi hamenyekana n’icyo zigambiriye.
101
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Makenda hagaragaye FDLR nyinshi hamenyekana n’icyo zigambiriye.

You might also like

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Amakuru aturuka ku Ndondo ya Bijombo avuga ko ahitwa i Makenda hagaragaye interahamwe amagana kandi ko izahagaragaye zagiye gutega bagenzi babo bava mu mashyamba yo muri teritware ya Mwenga.

Agace ka Makenda kavugwa, gaherereye muri Localité ya Magunda ho muri Grupema ya Bijombo, teritware ya Mwenga, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Amasoko yacu atundukanye dukesha iy’inkuru avuga ko FDLR zageze i Makenda zaturutse mu Rurambo, kandi ko zagiye kwa kira abandi barwanyi babo bakomeje kuva mu mashyamba yo muri teritware ya Mwenga na Fizi bagana mu Rurambo aho bivugwa ko biteguye kurwanya Abanyamulenge n’u Rwanda.

Kuva mu kwezi gushize, muri Rurambo hatangiye kugera abarwanyi ba FDLR benshi, ndetse bikemezwa ko abenshi muribo baje bari kumwe n’abana n’abagore babo.

Mu kugera muri ibi bice, aba barwanyi bakiriwe n’ingabo z’u Burundi ziherereye muri Kivu y’Amajy’epfo ku bw’amasezerano y’u Burundi na RDC bakirwa kandi na Gumino na Maï Maï ku bufasha bw’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Byanasonuwe ko FDLR yageze mu Rurambo mbere ndetse n’igikomeje kuza, bose baje baturutse mu bice by’i Kilembwe no mu mashyamba yo muri teritware ya Mwenga.

I Makenda, ahagiye gutegerwa interahamwe ni hafi y’i Nyenjari, ari naho hari ishyamba rinini ririmo umuhanda uva i Mwenga n’undi uturuka mu Gipupu.

Aya makuru anavuga ko ahar’ejo ko aribwo aba barwanyi bahuye, bahita baca inzira y’i Nyebanda haherereye mu majyepfo ya Magunda werekeza kuri Mushojo, bahita bakomereza inzira yo mu Marango ya Gashongo, bamanukana ka Ngeri; biravugwa ko kuri ubu baba bamaze kugera mu Gitoga, cyangwa ko baba bakiri mu nce za Rutandara muri Rubuga.

Interahamwe, ingabo z’u Burundi, FARDC, Gumino na Maï, kuba bakomeje kwegeranira muri Rurambo, nk’uko byasobanuwe nu ko babwiwe ko aka gace mu gihe kafunzwe byatuma Twirwaneho itabasha kubona ubutabazi. Ndetse kandi ko aha hashobora gufasha u Burundi na RDC guteguza neza aba barwanyi b’interahamwe gutera u Rwanda.

Hagati aho, ibikomeje kuvugwa kuri iz’i nterahamwe byongeye gutuma umutekano wo mu misozi miremire y’Imulenge wongera kuzamba, ariko kandi byarushishijeho kuba bibi nyuma y’igitero FARDC yagabye ahar’ejo ikigaba mu baturage baturiye mu Kalingi kigwamo abaturage batatu.

Ibi bije mu gihe i Mulenge bari bagize igihe kitari munsi y’amezi umunani bafite umutekano mwiza.

Tags: FDLRI MakendaRurambo
Share40Tweet25Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ntambwe imaze guterwa hagati ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Icyo minisitiri Nduhungirehe yavuze ku biganiro biri kubera i Doha bihuza RDC na AFC/M23.

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ntambwe imaze guterwa hagati ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Leta y'u Rwanda yatangaje ko yishimiye isinywa ry'inyandiko y'amahame y'ibanze ngenderwaho aganisha...

Read moreDetails
Next Post
Fardc nyuma yokuvugutirwa umuti mu Minembwe iri gukora ibisa no guhahamuka.

Fardc nyuma yokuvugutirwa umuti mu Minembwe iri gukora ibisa no guhahamuka.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?