Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ababembe bavuzwe m’urupfu rwa Col.Wamba uheruka kwicwa.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 6, 2024
in Regional Politics
0
Ababembe bavuzwe m’urupfu rwa Col.Wamba uheruka kwicwa.
100
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ababembe bavuzwe m’urupfu rwa Col.Wamba uheruka kwicwa.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amakuru agera kuri Minembwe.com, yemeza ko Col.Wamba Kifaranga Hondwa uheruka kwicwa arasiwe mu Mikenke, yishwe n’insoresore z’Ababembe ku kagambane k’ingabo za FARDC zikorera muri ibyo bice.

Mu mugoroba wa joro wo ku Cyumweru tariki ya 01/12/2024 ni bwo Col. Kifaranga wari umurwanyi ukomeye muri Maï Maï yarashwe mu cyico agahita yitaba Imana ako kanya.

Nyuma y’iraswa rye, mu Mikenke no mu nkengero zayo humvikanye urusaku rw’imbunda rwinshi, ibyanatumye abaturage baturiye ibyo bice bahunga, ndetse abenshi barara mu bihuru. Abandi bake bahungira mu Minembwe.

Byavuzwe ko Maï Maï kwari yo yarimo irasagura ayo masasu aho ngo byari mu rwego rwo kwerekana ko yatakaje umurwanyi ukomeye.

Inkuru zatangajwe nyuma y’urupfu rwa Col. Kifaranga zavugaga ko yishwe n’ingabo za FARDC, ariko ku rundi ruhande bikavugwaga ko yishwe n’Abanyamulenge.

Uyu murwanyi yarasiwe mu gasambu gahurukira ku bitaro bikuru bya Mikenke, werekeza mu muhana w’Ababembe; akaba yarimo yitembeza aho hafi. Binavugwa kandi ko yapfanye n’umusirikare umwe wo mu ba esikoti be.

Ubuhamya bwatanzwe n’umuntu uri muri ibyo bice ariko ku bw’umutekano we, yanga ko amazina ye atangazwa, yemeje ko Kifaranga yarashwe n’Ababembe kandi ko uwo mugambi ingabo za FARDC zari ziwurimo.

Kifaranga Hondwa ni we wari w’ungirije General Mutetezi Trèsor. Avuka mu bwoko bw’Abanyindu; yarazwiho ubugome ahanini ku Banyamulenge, kuko yagiye ayobora ibitero byinshi byo ku babyaga Inka, ndetse n’ibyo kubica.

Ababembe n’Abanyindu bafitanye ubugome bushingiye ku nka z’Abanyamulenge izo bagiye babanyaga. Ibi bikaba biri mu bituma bicana.

Uru rwango kandi ruri hagati y’Abapfulero n’Ababembe, ni mu gihe Abanyindu n’Abapfulero bafatanye isano ryahafi, nk’uko amateka abivuga, ndetse n’ururimi bavuga rukaba rwenda gusa.

Uyu Kifaranga uheruka kwicwa n’Ababembe yashinguwe ku wa gatatu tariki ya 04/12/2024; ashingurirwa ahitwa Katungulu ho muri teritware ya Fizi.

Tags: AbabembeKifarangaMikenke
Share40Tweet25Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Bimwe mu bizanye komanda Secteur mu Minembwe byamenyekanye.

Bimwe mu bizanye komanda Secteur mu Minembwe byamenyekanye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?