• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M23 yacinye akadiho nyuma yogufata uduce twingenzi muri Kivu Yaruguru.

minebwenews by minebwenews
December 17, 2024
in Regional Politics
0
M23 yacinye akadiho nyuma yogufata uduce twingenzi muri Kivu Yaruguru.
102
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 yacinye akadiho nyuma yogufata uduce twingenzi muri Kivu Yaruguru.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Mu mirwano ikomeye yabaye ahar’ejo umutwe wa M23 wigaruriye ibice bitandukanye byo muri teritware ya Lubero, mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Iyi ntambara yabaye ku wa mbere tariki ya 16/12/2024 uyu mutwe wa M23 wafashe umujyi muto wa Matembe n’utundi duce turimo Alimbongo.

Umuvugizi wa M23 mu bya gisirikare, Lt Col Willy Ngoma yemeje aya makuru aho yavuze ko uduce turimo Matembe ya mbere n’iya Kabiri na Vutsumbiro , atari two twonyine bafashe ngo kuko bafashe na hitwa Alimbongo mu birometero 60 uvuye muri centre ya Lubero.

Hari n’amashusho Willy Ngoma yagaragaje aho yari kumwe na Laurence Kanyuka umuvugizi wa M23 mu bya politiki bari iruhande rw’imodoka y’igisikare cya FARDC batwitse bahunga.

Iyi mirwano yabaye ku wa mbere yaje ikurikira iyabaye ku Cyumweru nayo yasize M23 yambuye ihuriro ry’Ingabo za RDC utundi duce duherereye hafi na Centre yo muri Lubero.

Kimweho Colonel Kiwewe w’ingabo za RDC uyoboye teritware ya Lubero yahumurije abaturage, ndetse abasaba gutuza anababwira ko FARDC ikigenzura uduce twinshi two muri teritware ya Lubero.

Ku rundi ruhande FARDC ikomeje kwongera abasirikare muri ibyo bice ariko kandi na M23 nayo n’uko kuko abarwanyi bayo bakomeje kwiyongera muduce bafashe, nk’uko iy’inkuru yatangajwe na radio okapi.

Tags: LuberoM23
Share41Tweet26Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Umwe mu bakozi b’Imana bakoreye Imana i Mulenge kuva 1950 yitabye Imana.

Umwe mu bakozi b'Imana bakoreye Imana i Mulenge kuva 1950 yitabye Imana.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?