Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Umwe mu bakozi b’Imana bakoreye Imana i Mulenge kuva 1950 yitabye Imana.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 17, 2024
in Religion
0
Umwe mu bakozi b’Imana bakoreye Imana i Mulenge kuva 1950 yitabye Imana.
121
SHARES
3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umwe mu bakozi b’Imana bakoreye Imana i Mulenge kuva 1950 yitabye Imana.

You might also like

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe.

Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

Pasiteri Aaron Makangata wari umukozi w’Imana mu itorero rya 8ème CEPAC, rikorera mu misozi miremire y’Imulenge muri Kivu y’Amajy’epfo yitabye Imana.

Ku wa gatandatu tariki ya 14/12/2024 ni bwo pasiteri Makangata yarangije urugendo rwe rwo muri iy’isi.

Umwe wo mu muryango we yabwiye Minembwe.com ko uyu mukozi w’Imana wari ugeze muzabukuru yarangije igihe c’isaha ya saa ine n’igice z’igitondo cyo kuri uwo wa gatandatu mu Cyumweru gishize.

Avuga kandi ko yishwe n’indwara itunguranye, ariko ko yaragize iminsi asezera ahanini abakristo bo mu itorero yari ashumbye.

Uyu mukozi w’Imana witabye Imana yavutse mu 1929; yakiriye agakiza igihe cy’ububyutse bwa mbere bwa baye i Mulenge, nk’uko Minembwe.com yabibwiwe.

Aaron azwi kuba ari mu batangije itorero ry’i Rukombe; iri n’itorero ryabaga kuri Nyabibuye haherereye mu majyepfo ya Mibunda muri teritware ya Fizi.

Si i Rukombe yatangije ikanisa gusa, kuko n’iry’i Lundu niwe waritangije.

Usibye kuba Makangata yari umukozi w’Imana ushimwa n’abantu benshi i Mulenge no mu itorero rya 8ème CEPAC yari n’umugabo w’iyangamugayo.

Yari umukozi w’Imana ugira ukuri, ndetse kandi akaba yari n’umunyamasengesho.

Yarangirije i Lundu aba ari naho ashingurwa ku munsi w’ejo hashize.

Tags: Aaron Makangata
Share48Tweet30Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa? Kuri ubu benshi bibaza kuri iki kibazo, aho kuri ubu aho kugira ngo insengero zibe...

Read moreDetails

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Kera kabaye, i Kinshasa bafunze abasirikare bayo ba ba-jenerali benshi.

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe. Umwe mu bahanuzi baherereye muri teritware ya Walungu muri Kivu y'Amajyepfo, yavuze ko ingabo za Congo n'iz'u Burundi zizakubitwa nabi...

Read moreDetails

Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

by Bruce Bahanda
June 1, 2025
0
Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

Kofi akoze amateka mu gucuranga injyana y'igisirimba. Kofi uwo bamwe bakunze kwita Joshua, umucuranzi uri mubakunzwe cyane muri iki gihe mu matorero y'Abanyamulenge yo muri Uganda no ku...

Read moreDetails

Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo.

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
0
Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo.

Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo. Umwe mu bahanuzi bakomeye ku Ndondo ya Bijombo muri Kivu y'Amajyepfo, yabwiye Abanye-Ndondo ubuhanuzi budasanzwe bubateye ubwoba. Mu cyumweru gishize ni...

Read moreDetails

Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika.

by Bruce Bahanda
May 25, 2025
0
Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika.

Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika. Umushumba w'itorero rya All National Assembly of God, Reverend Misigaro Bizimana, yavuze ko igiterane cya Pentecost icyo...

Read moreDetails
Next Post
Mu Minembwe hatumwe indi regiment nshya.

Mu Minembwe hatumwe indi regiment nshya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?