• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Gen Kainarugaba yagize icyo avuga ku guhuza u Rwanda na RDC.

minebwenews by minebwenews
December 18, 2024
in Regional Politics
0
Gen Kainarugaba yagize icyo avuga ku guhuza u Rwanda na RDC.
88
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Gen Kainarugaba yagize icyo avuga ku guhuza u Rwanda na Congo Kinshasa.

You might also like

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

General Kainarugaba Muhoozi, umugaba mukuru w’ingabo za Uganda, yavuze ko ateganya kuja i Kinshasa kuganiriza perezida Félix Tshisekedi, kugira ngo baganire ku bibazo afitanye n’u Rwanda, hagamijwe gushakwa amahoro.

Ni amakuru Gen Kainarugaba Muhoozi yashyize hanze akoresheje urubuga rwa x, rwahoze rwitwa Twitter, aho yatangaje ko perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ari umunyamahoro kandi yifuza ineza kuri bose harimo n’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Yavuze ko agiye kujya muri RDC gusura perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, akamusaba amahoro.

Yagize ati: “Perezida w’u Rwanda ni umurwa neza, akunda amahoro. Nzi neza ko yifuza ineza kuri bose no muri RDC. Ngiye gusura umuvandimwe wanjye mukuru perezida Félix Tshisekedi, maze musabe ko abana amahoro na Kagame perezida w’u Rwanda.”

Ni ubutumwa bwana Muhoozi yatanze nyuma yuko ibiganiro byari guhuza Kagame na Tshisekedi i Luanda muri Angola byasubitswe kubera Kinshasa yari yahinduye ibyo yari yaremeye.

Si byo gusa Muhoozi yatangaje, kuko yavuze kandi ko mu mwaka w’ 2025 azagaba ibitero ku bacanshuro b’Abazungu bakorera mu Burasirazuba bwa RDC. Aba bacanshuro b’Abazungu bifatanya n’ingabo za RDC mu kurwanya umutwe wa M23.

Hagati aho M23 ikomeje gufata ibice byinshi byo muri Kivu Yaruguru, cyane cyane muri teritware ya Lubero.

Ku Cyumweru no ku wa mbere, uyu mutwe wigaruriye uduce twinshi turimo imijyi ibiri minini, uwa Alimbongo na Matembe.

Tags: amahoroKagameMuhoozi
Share35Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w'u Rwanda Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi avuga ko perezida w'iki gihugu Evariste Ndayishimiye, yategetse imbonerakure...

Read moreDetails
Next Post
Muri RDC ubwato bwari butwaye abantu benshi bwarohamye.

Muri RDC ubwato bwari butwaye abantu benshi bwarohamye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?