Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

RDC: Perezida Tshisekedi yakoze impinduka zikomeye mu gisirikare.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 20, 2024
in Regional Politics
0
RDC: Perezida Tshisekedi yakoze impinduka zikomeye mu gisirikare.
97
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

RDC: Perezida Tshisekedi yakoze impinduka zikomeye mu gisirikare.

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika ya demokorasi ya Congo, yakoze impinduka zidasanzwe mu gisirikare cy’igihugu cye.

Ni impunduka zakozwe ahar’ejo tariki ya 19/12/2024 zikozwe na bwana Félix Tshisekedi Tshilombo, perezida wa RDC.

Izi mpinduka nk’uko bigaragara ku itangazo ibiro by’umukuru w’iki Gihugu byashyize hanze, bigaragaza ko Lt Gen Pacifique Masunzu wahoze ayoboye akarere ka kabiri k’ingabo(deuxième zone de défense ) kuva tariki ya 17/07/2020, kuri ubu yagizwe komanda wa karere ka gatatu(troisième zone de défense) mu Ntara ya Manyema, Kivu y’Amajy’epfo, Kivu Yaruguru, Tshopo, Haut-Uele na Ituri), aho umwungirije Jenerali Majoro Antoine Diangolo yashinzwe ibikorwa by’iperereza, mu gihe Jenerali Muamba Modeste yahawe kugenzura ibikoresho bya gisirikare muri izo ntara.

Jenerali Majoro Raymond Bonga yagizwe umugaba w’ingabo w’ungirije zirwanira ku butaka, akaba ashyinzwe imiyoborere n’ibikoresho.

Burigadiye Jenerali Eric Maloba agirwa umuyobozi ushinzwe imiyoborere mu buyobozi bw’ingabo za Repubulika ya demokorasi ya Congo (Fardc).

Mu gihe uwahoze ari umugaba mukuru w’ingabo za RDC, Christian Tshiwewe Songesa yagizwe umujyanama wa gisirikare wa perezida wa Repubulika.
Uwa musimbuye wagizwe umugaba mukuru w’ingabo za RDC ni Lt Gen Banza Mwilanié.

Naho Gen Chico Tshitambwe yagizwe umuyobozi mukuru wa gisirikare wa karere ka mbere, ubwo ni intara ya Kinshasa, Kwango, Kwilu, Mai-Ndombe, Congo Central, Equateur, Mongala, Ubangi zombi na Tshuapa.

Hari n’abandi benshi bagiye bahabwa imyanya ikomeye mu gisirikare cya Repubulika ya demokorasi ya Congo, tuzagenda tubabwira nyuma.

Tags: FardcImpindukaTshisekedi
Share39Tweet24Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post
Mu duce dutwawe na Chef Muganwa twagaragayemo Maï-Maï, havugwa ni kiyegenza.

Mu duce dutwawe na Chef Muganwa twagaragayemo Maï-Maï, havugwa ni kiyegenza.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?