• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Mu duce dutwawe na Chef Muganwa twagaragayemo Maï-Maï, havugwa ni kiyegenza.

minebwenews by minebwenews
December 20, 2024
in Regional Politics
0
Mu duce dutwawe na Chef Muganwa twagaragayemo Maï-Maï, havugwa ni kiyegenza.
95
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu duce dutwawe na Chef Muganwa twagaragayemo Maï-Maï, havugwa ni kiyegenza.

You might also like

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

Inyeshamba zo mu mutwe wa Maï-Maï zirwanya ubwoko bw’Abanyamulenge mu misozi yo muri Fizi, Uvira na Mwenga muri Kivu y’Amajy’epfo zongeye kuvugwa ko zaje kunyaga Inka mu duce two muri Bibogobogo, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Ahitwa i Kiroro no kwa Sebasaza n’iyo mihana yagaragayemo abarwanyi bo mu mutwe wa Maï-Maï ; ikaba yaratangiye kugaragara mu minsi ibiri ishize.

Iyi mihana yombi, uwo kwa Sebasaza na Kiroro, n’imihana ituwemo n’Abapfulero, iherereye muri Localité ya Bibogobogo ari yo itwawe na Chef Muganwa.

Nk’uko byasobanuwe, abo barwanyi bagaragara muri iyo mihana ariko bacumbitse ahitwa i Kalele ho muri grupema ya Basimukindji 1, Secteur ya Mutambala.

Abahinzi bari mu bambere babonye abo barwanyi, bavuga ko nta gushidikanya baje kunyaga Inka, ngo kuko iyo biza kuba ari abaje kwica abasivile baba barabishe.

Umwe muri abo bahinzi yabwiye Minembwe.com ati: “Twe turi mu babonye Maï-Maï mbere, bari kwa Sebasaza ni Kiroro. Ariko bigaragara ko baje kunyaga Inka no kuziba.”

Yunzemo kandi ati: “Iyo baza kuba atari Inka baje bakurikiye gusa, tuba twarishwe, kuko twabagezemo neza tutazi kwaribo. Ni benshi, ariko nti twabashe kumenya umubare wabo.”

Ariko amakuru ava mu nzego zikora mu mutekano, avuga ko aba barwanyi ko bacumbitse i Kalele, nu bwo bagaragara i Kiroro no kwa Sebasaza.

I Kalele kandi ni agace gateganye na Gafugwe, ni uduce dukunze kunyuramo Maï-Maï kuva mu myaka itatu ishize.

Iyo Maï-Maï ivuzwe, mu gihe kandi mu kwezi gushize byari byaririmbwe cyane, aho byarimo bivugwa ko ishaka gutera Abanyamulenge bo muri Bibogobogo.

Hagati aho ibyo byongeye guteza umutekano muke muri aka gace ko muri moyen plateau.

Tags: BibogobogoI KaleleInkaMaï
Share38Tweet24Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w'u Rwanda Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi avuga ko perezida w'iki gihugu Evariste Ndayishimiye, yategetse imbonerakure...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Ndayishimiye yirase ku bakomeye, ababwira ubutunzi afite.

Perezida Ndayishimiye yirase ku bakomeye, ababwira ubutunzi afite.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?