Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hatanzwe umucyo ku makambi ya gisirikare arimo ku bakwa ku Ndondo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 20, 2024
in Regional Politics
0
Hatanzwe umucyo ku makambi ya gisirikare arimo ku bakwa ku Ndondo.
113
SHARES
2.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hatanzwe umucyo ku makambi ya gisirikare arimo ku bakwa ku Ndondo.

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amakuru ava ku Ndondo ya Bijombo muri teritware ya Uvira, mu ntara ya Kivu y’Epfo, avuga ko ahitwa Murumagaza harimo ku bakwa ibitunda by’abarwanyi ba Gumino, kandi ko ari byinshi, nk’uko amasoko yacu abivuga.

Agace ka Rumagaza kari kubakwamo aya makambi, gaherereye muri grupema ya Bijombo, kakaba kari mu majyepfo ashyira uburenganzuba bwa Bijombo.

Kuva mu ntangiriro z’uku kwezi turimo uyu mwaka, ni bwo byatangiye kuvugwa ko Murumagaza harimo kubakwa amakambi ya gisirikare.

Bamwe mu baturiye ibyo bice bavuga ko ayo makambi yubakwa mu buryo bw’ibitunda, kuko bubaka utuzu duto tw’imitwe ibiri.

N’utuzu twu bakishwa imigano, kandi tugasakazwa ibyatsi by’imijinja, ndetse n’amahuruguru ava ku migano.

Aya makuru anavuga ko abarwanyi bo mu mutwe wa Gumino kwari bo barimo kubakisha utwo tuzu, kandi ko bihagarariwe n’uwitwa Koboyi.

Ku ruhande rumwe byemezwa ko ibyo bitunda, Gumino yaba iri kubyubaka kugira ngo bizahitiremo Interahamwe(FDLR). Ku rundi ruhande bikavugwa ko Gumino iri kubyubaka ku bwumvikane bwayo n’imbonerakure z’u Burundi.

Ibyo bibaye mu gihe FDLR yarimaze iminsi ivugwa mu Rurambo yarerekeje mu mashyamba ya Mwenga iyo n’ubundi yari yaraturutse.

Mu gihe abagore babo n’abana babo bo berekeje i Burundi, bikavugwa ko bajanwe kuba mu ishyamba rya Kibira.

Hagati aho, imikino Gumino n’interahamwe barimo iteye urujijo, ni ho bamwe bahera ko bavuga ko bari gutegura gutera igihugu cy’u Rwanda, nk’uko umuyobozi mukuru wa Gumino, Col Richard Tawimbi yagiye abyigamba ku mbugankoranyambaga mu minsi ishize.

Tags: BijomboFDLRGuminoIkambi
Share45Tweet28Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo wa menya ku basirikare ba FARDC barasanye mu Minembwe.

Ibyo wa menya ku basirikare ba FARDC barasanye mu Minembwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?