• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M23 yahaye igisubizo RDC yanze ko baganira.

minebwenews by minebwenews
December 21, 2024
in Regional Politics
0
M23 yigaruriye akandi gace ki ngenzi muri Kivu Yaruguru, ibyatumye haba indi sura nshya y’urugamba.
99
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 yahaye igisubizo RDC yanze ko baganira.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, bwatangaje ko nta yindi nzira ishoboka yo gushakira umuti urambye u Burasirazuba bwa RDC, uretse ibiganiro byayihuza na Leta ya Kinshasa.

Iki gisubizo M23 yagitanze nyuma y’aho minisitiri w’ubabanye n’amahanga wa RDC, Thérèse Kayikwamba Wagner yagiranye ikiganiro na France 24 cyo ku itariki ya 19/12/2024 aho yatsembye avuga ko Leta ye itazashyikirana n’umutwe wa M23.

Gusa, Kayikwamba yavuze ko Kinshasa yemera ibiganiro by’i Nairobi biyihuza n’imitwe yitwaje intwaro yose, ariko ikomoka mu bwoko bw’Abanye-Kongo.
Ariko ngo ku bwa M23, hari impamvu nyinshi ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi butemera kuganira nayo.

Akomeza avuga ko M23 ari umutwe w’iterabwoba wagize uruhare mu bwicanyi bwabereye i Kishishe, kandi ngo ni umutwe warashe ibisasu mu baturage, ndetse ko ujya wiba imitungo kamere y’iki gihugu.

Igisubizo cya M23 binyuze ku muvugizi wayo mu bya politiki, Lawrence Kanyuka kuri uyu wa gatanu tariki ya 20/12/2024, yavuze ko bakurikiye iki kiganiro cya minisitiri w’ubabanye n’amahanga wa RDC, ariko bo kugeza ubu bagihagaze ku nzira z’ibiganiro.

Yagize ati: “Umuryango wacu uracyashimangiye ko inzira zo gushaka umuti unyuze mu mahoro mu guhosha amakimbirane ari mu Burasirazuba bwa RDC, ni uko hoba ibiganiro biziguye kandi by’ukuri hamwe n’ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.”

Kanyuka kandi yavuze ko M23 idateze kwitabira ibiganiro byaba birimo imitwe ikorana n’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ni gisubizo M23 itanze nyuma y’aho hasubitswe ibiganiro byari guhuza Kagame na Tshisekedi bikaba byari kubera i Luanda muri Angola, ibyo biganiro byari byitezwemo ko bisinyirwamo amasezerano yo gushaka amahoro mu Burasirazuba bwa RDC, ariko biza kutaba kubera leta ya Kinshasa yari imaze kwanga kutazaganira na M23.

Tags: ibiganiroIgisubizoM23Rdc
Share40Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
RDC:MONUSCO operasiyo zayo zongerewe igihe.

RDC:MONUSCO operasiyo zayo zongerewe igihe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?