• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umwe mu bayobozi bo muri M23 yagize icya bwira Lt Gen Masunzu watumwe mu gace barwaniramo.

minebwenews by minebwenews
December 22, 2024
in Regional Politics
0
Umwe mu bayobozi bo muri M23 yagize icya bwira Lt Gen Masunzu watumwe mu gace barwaniramo.
167
SHARES
4.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umwe mu bayobozi bo muri M23 yagize icya bwira Lt Gen Masunzu watumwe mu gace barwaniramo.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni Benjamin Mbonimpa usanzwe ari umunyamabanga nshinga bikorwa w’umutwe wa M23, yageneye ubutumwa Lt Gen Pacifique Masunzu washinzwe guhangana n’uyu mutwe ko ari kujya ikuzimu, ngo kuko adafite ubushobozi bwo guhagarika umuvuduko w’ingabo zo muri uwo mutwe.

Ubu butumwa yabutanze nyuma y’aho Masunzu ahawe inshingano zokuyobora ibikorwa bya FARDC mu ntara zirimo izo mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, M23 irwaniramo.

N’inshingano yahawe na perezida Félix Tshisekedi Tshilombo ku wa kane tariki ya 19/12/2024. Abenshi bavuga ko impamvu Masunzu yahawe ziriya nshingano, ngo nuko asanzwe aziranye cyane n’abayobozi ba M23 kuko babanye igihe kinini, ikindi kandi azi neza uduce uyu mutwe urwaniramo ku buryo biri mubizamufasha kuwurwanya.

Aha rero niho bwana Mbonimpa yagize ati: “Ari ku manuka ajya ikuzimu. Ni uwa uwanyuma ukomoka mu badakunzwe ugiye kwikizwa na FARDC. Nyuma yo kumuha izi nshingano, inzira yo kubigeraho irafunguye hanyuma akajugunywa aho nta wuzigera amwibuka.”

Yunzemo kandi ati: “Impamvu ni uko atazigera ashobora kugabanya umuvuduko wo kwigarurira uduce M23 yafashe. Abongereza baravuga bati ‘tegereza uzabibona’.”

Uyu Gen Pacifique Masunzu washinzwe kuyobora zone ya gatatu, yari asanzwe ayoboye iya kabiri; avuka mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu bwoko bw’Abanyamulenge. Gusa abenshi mu bo avukamo ntibamwiyumvamo, kuko bamushinja kubagambanira muri Leta ya perezida Félix Tshisekedi.

Bikaba ari nabyo baheraho bavuga ko biri mu mpamvu Leta ikunze kumuha imyamya ikomeye, kuko agambanira benewabo.

Tags: IkuzimuM23Masunzu
Share67Tweet42Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Amerika yahangayikishijwe n’ibibunda bya Pakistani.

Amerika yahangayikishijwe n'ibibunda bya Pakistani.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?