Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Iby’igitero kiremereye FARDC na FDLR bagabye mu baturage baturiye mu Kalingi

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 28, 2024
in Regional Politics
0
FARDC mu ijoro, yakomeje kugaba ibitero mu baturage Babanyamulenge.
134
SHARES
3.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Iby’igitero kiremereye FARDC na FDLR bagabye mu baturage baturiye mu Kalingi.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC) n’umutwe witerabwoba wa FDLR bateye abaturage mu Kalingi; bikavugwa ko icyo gitero cyari gikomeye, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Ni gitero FARDC na FDLR bagabye isaha icumi n’iminota itanu(4:05 pm) z’umugoroba wo kuri uyu wa gatanu tariki ya 27/12/2024.

Minembwe.com yamenye ko “iz’i ngabo mu kugaba iki gitero zatuturutse mu Mikenke.”

Hari amakuru avuga ko FARDC mu kugaba iki gitero itari kumwe gusa na FDLR hubwo ko yari kumwe kandi n’ingabo z’u Burundi na Maï-Maï.

Amakuru akomeza avuga ko “iki gitero cya FARDC cyagabwe neza ahitwa ku Gaturiro ahari abaturage birwanaho.”
Aka gace ni agasozi gashaka kuzamukaho gato, gaherereye mu gisambu cya Nyarubira kiri hagati ya Kalingi na Mikenke.

Abaturage mu kwirwanaho bakubise iri huriro ry’Ingabo za RDC risubira inyuma. Ariko bikemezwa ko nanone iri huriro rigizwe n’ingabo z’u Burundi, FDLR, Maï-Maï na FARDC ritasubiye inyuma cyane, hubwo ko rikiri aho hafi kuko n’ubundi muri ibyo Bisambu bikirimo byumvikanamo urusaku rw’imbunda muri aya masaha ya samoya n’igice ku masaha ya Minembwe na Bukavu.

Nubwo ku ruhande rw’abaturage bahagaritse ibyo kurasa.

Hagataho Abanyamulenge bari mu bihe bibaremerereye by’intambara barimo gushorwaho n’ingabo za Leta ya perezida Félix Tshisekedi.

Ni mu gihe ibyo bihe bibi by’intambara bikomeje gutwara ubuzima bw’abantu babo.

Ku gicamunsi cy’uyu munsi nabwo, mu bice byo mu Biziba, Maï-Maï yagabye igitero. Kandi bikavugwa ko cyari kiremereye kuko yashakaga kwica abasivile no kunyaga Inka zabo. Twirwaneho igisubiza inyuma.

Tubibutsa ko uyu munsi ubaye uwa gatatu aba Banyamulenge bagabweho ibitero, aho byatangiye ku wa gatatu tariki ya 25/12/2024.

Tags: FardcKalingiMikenkeMu bisambu
Share54Tweet34Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Me. Nyarugabo, yashyize ahabona ubugome FARDC iri gukora mu Minembwe.

Abashigikiye FARDC na FDLR gukomeza kwica Abanyamulenge mu Minembwe, Me. Nyarugabo yabagiriye inama.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?