• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibya FARDC iri gutoroka ihunga Twirwaneho.

minebwenews by minebwenews
December 29, 2024
in Regional Politics
0
Ibya FARDC iri gutoroka ihunga Twirwaneho.
136
SHARES
3.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibya FARDC iri gutoroka ihunga Twirwaneho.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Amakuru ava mu Mikenke muri Secteur ya Itombwe, teritwari ya Mwenga mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo avuga ko ingabo za Congo ziri gucika ziva muri ibyo bice nyuma y’ibitero zagabye mu mihana y’Abanyamulenge mu Minembwe.

Ibitero bya FARDC iheruka kugaba mu mihana y’Abanyamulenge mu Minembwe yabigabye ku wa gatatu, ku wa kane no ku wa gatanu muri iki Cyumweru turimo dusoza.

Ariko hakaba hari kindi gitero yagabye tariki ya 28/11/2024, ikigaba mu Kalingi.

Nyamara ibyo bitero bya FARDC buri uko yabigabaga, Twirwaneho yabisubizaga inyuma mu rwego rwo kwirwanaho no kurwanirira ababyeyi babo.

Twirwaneho mu kwirwanaho, amakuru avuga ko yakubitaga inshuro ingabo za Congo.

Bikemezwa ko FARDC yayitakarijemo ingabo nyinshi zibarirwa mu 85.

Ni mu gihe kandi ku wa Gatanu tariki ya 27/12/2024, iz’i ngabo za RDC zavuye mu Mikenke zigaba igitero mu Kalingi maze Twirwaneho irazikubita bikomeye, zihunga ubudahindukira, zisubira mu Mikenke.

Bikavugwa ko muri icyo gitero zagitakarijemo abasirikare bayo benshi abandi barakomereka.

Bikaba biri mu byatumye abenshi muri aba basirikare bahitamo gutoroka.

Andi makuru akavuga ko mbere yuko aba basirikare batangiye gucika bari bahawe itegeko ryo kongera kugaba ikindi gitero mu Kalingi. Bikaba biri mubyaziteye gutoroka ku bwinshi.

Hagataho, iz’ingabo mu gucika ziri kwerekeza inzira y’i Ndondo ya Bijombo zigakomereza Uvira. Abamaze ku menyekana ko bacitse babarirwa mu mirongo.

Tags: FardcGutorokaMikenke
Share54Tweet34Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Twirwaneho yirwanyeho, irasa FARDC, maze  ishwiragira mu Bisambu.

Iby'ingabo za RDC zikomeje kuja mu Minembwe ku bwinshi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?