Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibyaranze umunsi w’ubunani mu Minembwe.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 2, 2025
in Regional Politics
0
FARDC mu Minembwe yazindutse ikora icyashatse gutera abaturage ubwoba.
93
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyaranze umunsi w’ubunani mu Minembwe.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Amakuru ava mu Minembwe mu misozi miremire y’Imulenge avuga ko ahar’ejo, umunsi wo kurangiza umwaka w’ 2024 utishimiwe na gato, ngo kuko hari ibibazo by’umutekano muke.

Ahar’ejo, hirya no hino ku Isi biriwe mu birori byo gutangiza umwaka mushya wa 2025. Ni ibirori biba bigamije gusezera umwaka, kuko abenshi bavuga ko gutangiza umwaka mushya biguha guhita unatangiza ikindi cyerekezo gishya, mu gihe abakristo bo bashima Imana kuba yarabarinze mugihe cy’amezi icumi nabiri.

Mu Minembwe ho kubera intambara, Minembwe.com yabwiwe ko abaturage baho batigeze bishimira uwo munsi.

Byanasobanuwe ko abenshi barangije umwaka barakuwe mu byabo kubera intambara iheruka kubera muri aka karere, iyo bashoweho n’ingabo za Congo.

Nk’abaturage b’i Lundu abenshi baracyari aho bahungiye mu bice bigana za Bidegu mu gihe abo ku Runundu nabo bagiherereye mu duce two mu Marango abandi za ku wi Mishashu.

Usibye kuba barahunze no kubona ibyo barya n’ikibazo gikomeye, nk’uko iy’inkuru ikomeza ibivuga.

Ikindi n’uko ku munsi w’ejo hashize muri ibi bice bya Minembwe hiriwe hagwa imvura idasanzwe, aho yatangiye igihe c’isaha z’igitondo iza guhita isaha z’umugoroba, nubwo uyu munsiho habyukiye akazuba.

Hagataho umutekano wo muri aka gace ukomeje kugenda urushaho kuba mubi, ahanini utegwa nuko ingabo za leta zirwanya abaturage bo mu bwoko bw’Abanyamulenge.

Tags: BunaniMinembwe
Share37Tweet23Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
FARDC abo iheruka gutakaza mu bitero yagabye ku Banyamulenge mu  Minembwe ba menyekanye.

FARDC abo iheruka gutakaza mu bitero yagabye ku Banyamulenge mu Minembwe ba menyekanye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?